Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bari muri batayo ya mbere y’Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1), bakorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS), bahawe imidari y’Umuryango w’Abibumbye mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro kuri uyu wa Kabiri, tariki 3 Werurwe 2026. Uyu […]
Abantu bataramenyekana bibye insinga z’amashanyarazi zihuza amapoto abiri yo ku matara yo ku muhanda, mu Mudugudu wa Nyaburanga, Akagari ka Nengo, Umurenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, hafi y’ikiyaga cya Kivu. Izi nsinga zacukuwe nijoro, abazibye barazitwara, ubu bakaba bagishakishwa. Aya makuru yemejwe n’abanyerondo bakorera muri ako gace, bavuga ko byabaye mu masaha y’ijoro […]
