author

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bahawe imidali y’ishimwe

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bari muri batayo ya mbere y’Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1), bakorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS), bahawe imidari y’Umuryango w’Abibumbye mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro kuri uyu wa Kabiri, tariki 3 Werurwe 2026. Uyu […]

Rwanda Premier League yafatiye ibihano abatoza babiri b’amakipe y’umupira w’amaguru

Laurentiu Aurelian Reghecampf umutoza wa Al Hilal SC na Ben Moussa El Kebir Abdessattar umutoza wa Police FC bafatiwe amande kubera ko batitabiriye ikiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino na Rwanda premier league. Ntibitabiriye ibiganiro n’abanyamakuru (post-match press conference) kandi ari itegeko. RPL ivuga ko ibi binyuranyije n’Ingingo ya 25, Igika cya 4 cy’amategeko agenga amarushanwa. RPL […]

Rodrygo yagize imvune ishobora kuzamubuza gukina igikombe k’isi

Umukinnyi wo ku ruhande, Rodrygo, ntiyagaragaje ibimenyetso bikomeye by’imvune mu mukino Real Madrid yatsinzwemo na Getafe CF igitego 1-0 ku wa 2 Werurwe, ariko bukeye bwaho byemejwe ko yakomeretse bikomeye. Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Espagne birimo AS na Marca, ndetse na Real Madrid ubwayo, yemeje ko Rodrygo yagize ikibazo gikomeye ku ivi ry’iburyo, yacitse […]

Al Hilal SC ikomeje kuyobora, AS Muhanga irimumazi abira, Shampiyona y’u Rwanda uko yifashe nyuma y’umunsi wa 22

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda k’umunsi wa 22 yatangiye ku wa Gatantu tariki 27 Gashyantare 2026 kugeza ku Cyumweru tariki 1 Werurwe 2026, hakinwe imikino 9, haboknekamo ibitego 23. Ibyavuye mu mikino y’umunsi wa 22 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yakinwe kuva ku wa 27 Gashyantare kugeza ku wa […]

Abakinnyi babiri ba Athletico de Madrid y’abagore basuye u Rwanda

Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez bakunze kwita Lola bakinira Atlético de Madrid y’Abagore yo muri Espagne bari mu biruhuko mu Rwanda. Kuva u Rwanda rwatangira kugirana imikoranire na Atlético de Madrid, abakinnyi bayo barimo abo mu ikipe y’abagabo, iy’abagore, abakanyujijeho n’abatoza basura u Rwand ku mpamvu z’akazi no kwirebera ibyiza nyaburanga birutatse. […]

Ayatollah Ali Khamenei Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, yiciwe mu bitero bya Israel na Amerika

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, yiciwe mu bitero byagabwe kuri Iran kuri uyu wa Gatandatu taliki 28 Gashyantare 2026 n’ingabo za Israel zifatanyije n’iza Leta ZunzeUbumwez’Amerika, nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba Israel. Amakuru yatangajwe n’ibiro ntaramakuru Reuters agaragaza ko abayobozi ba Israel bemeje urupfu rwa Khamenei ndetse ko umurambo we wabonetse. Minisitiri w’Intebe wa Israel, […]