Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bari muri batayo ya mbere y’Ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-1), bakorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS), bahawe imidari y’Umuryango w’Abibumbye mu rwego rwo kubashimira uruhare rwabo mu kubungabunga amahoro kuri uyu wa Kabiri, tariki 3 Werurwe 2026. Uyu […]
Laurentiu Aurelian Reghecampf umutoza wa Al Hilal SC na Ben Moussa El Kebir Abdessattar umutoza wa Police FC bafatiwe amande kubera ko batitabiriye ikiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino na Rwanda premier league. Ntibitabiriye ibiganiro n’abanyamakuru (post-match press conference) kandi ari itegeko. RPL ivuga ko ibi binyuranyije n’Ingingo ya 25, Igika cya 4 cy’amategeko agenga amarushanwa. RPL […]
Umukinnyi wo ku ruhande, Rodrygo, ntiyagaragaje ibimenyetso bikomeye by’imvune mu mukino Real Madrid yatsinzwemo na Getafe CF igitego 1-0 ku wa 2 Werurwe, ariko bukeye bwaho byemejwe ko yakomeretse bikomeye. Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Espagne birimo AS na Marca, ndetse na Real Madrid ubwayo, yemeje ko Rodrygo yagize ikibazo gikomeye ku ivi ry’iburyo, yacitse […]
U Rwanda rwatangaje ko ibihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Ngabo z’u Rwanda ndetse n’abasirikare bakuru bane ba RDF, bireba uruhande rumwe mu ziri mu nzira yo gushaka amahoro kandi bigoreka ukuri kw’ibibazo by’amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Itangazo ry’u Rwanda ryo kuri uyu wa Mbere, rivuga ko […]
Imikino izabera kuri Kigali Pele Stadium no kuri Amahoro Stadium, mu makipe azitabira harimo Aruba igahura na Macau, mu gihe Tanzania izakina na Liechtenstein yombi ikazaba kuri 26 Werurwe 2026, u Rwanda ruzahura na Grenada, Kenya izakina na Estonia yombi ikazaba kuri 27 Werurwe 2026 Ibiciro by’amatike bitangirira ku 2,000 RWF kugera kuri 30,000 RWF. […]
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda k’umunsi wa 22 yatangiye ku wa Gatantu tariki 27 Gashyantare 2026 kugeza ku Cyumweru tariki 1 Werurwe 2026, hakinwe imikino 9, haboknekamo ibitego 23. Ibyavuye mu mikino y’umunsi wa 22 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) yakinwe kuva ku wa 27 Gashyantare kugeza ku wa […]
Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez bakunze kwita Lola bakinira Atlético de Madrid y’Abagore yo muri Espagne bari mu biruhuko mu Rwanda. Kuva u Rwanda rwatangira kugirana imikoranire na Atlético de Madrid, abakinnyi bayo barimo abo mu ikipe y’abagabo, iy’abagore, abakanyujijeho n’abatoza basura u Rwand ku mpamvu z’akazi no kwirebera ibyiza nyaburanga birutatse. […]
Moritz Kretschy ukomoka mu Budage akaba akinira ikipe ya NSN Development Team niwe wahise wegukana Tour du Rwanda ya 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane kavuye i Karongi kerekeza i Rubavu ubwo yabaga uwa kabiri. Umunya-Eritrea Henok Mulubrhan yegukanye Agace ka Munani ka Tour du Rwanda 2026 kakiniwe mu Mujyi wa […]
Lamine Yamal yatsinze ibitego bitatu-Hatrick bwa mbere muri career ye, mumukino Barcelona yatsindaga Villarreal CF ibitego 4-1 mu mukino wa La Liga wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Gashyantare 2026, bituma irusha amanota ane Real Madrid iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde. Barcelona ifite amanota 64, mu gihe Real Madrid ifite amanota 60 […]
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, yiciwe mu bitero byagabwe kuri Iran kuri uyu wa Gatandatu taliki 28 Gashyantare 2026 n’ingabo za Israel zifatanyije n’iza Leta ZunzeUbumwez’Amerika, nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba Israel. Amakuru yatangajwe n’ibiro ntaramakuru Reuters agaragaza ko abayobozi ba Israel bemeje urupfu rwa Khamenei ndetse ko umurambo we wabonetse. Minisitiri w’Intebe wa Israel, […]
