Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatanze umuburo ukomeye kuri Iran, ayisaba kwemera kugirana amasezerano no kongera gufungura inzira ya Hormuz bitarenze ku wa Kabiri, bitaba ibyo ikazahura n’ibihano bikomeye. Trump yanashimiye ingabo zidasanzwe za Amerika (special forces) zakoze igikorwa gikomeye cyo gutabara umusirikare w’indege wari wafatiwe imbere muri Iran, mu gikorwa […]
Kuri iki Cyumweru, tariki ya 5 Mata 2026, haravugwa imirwano ikaze yatangiye mu gitondo cya kare muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iyi mirwano yahuje abarwanyi ba AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro izwi nka Wazalendo. Biravugwa ko iyi […]
Uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Mohammad Javad Zarif, yashyize ahagaragara umugambi ugaragaza inzira yo guhagarika intambara iri hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel, mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati. Uyu mugambi watangajwe mu kinyamakuru Foreign Affairs, ukaba ugamije kugera ku mahoro arambye, atari uguhagarika imirwano […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje amagambo akomeje guteza impaka avuga ko Cuba ishobora kuba igihugu gikurikiraho mu bikorwa bya gisirikare bya Amerika. Ibi yabivugiye mu nama mpuzamahanga y’ishoramari izwi nka Saudi Investment Conference, aho yagaragaje ko Amerika ifite igisirikare gikomeye kandi ishobora kugikoresha igihe bibaye ngombwa. Trump yagize ati: “Nubatse […]
Umudugudu wa Kateku, uherereye mu gace ka Iremya (groupement Ikobo) muri territoire ya Walikale, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wafashwe n’umutwe w’abarwanyi ba Wazalendo ku gicamunsi cyo ku wa 26 Werurwe 2026. Amakuru aturuka mu baturage bo muri ako gace avuga ko uyu mudugudu wongeye gufatwa nyuma y’imirwano yahuje Wazalendo […]
Ibitero bya drones biherutse kwibasira Umujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bikomeje guteza impaka n’impungenge ku rwego mpuzamahanga. Ibi bitero byahitanye abantu barimo umukozi w’ubutabazi w’Umufaransa n’abakozi ba UNICEF. Iki kibazo cyagarutsweho ku wa 26 Werurwe 2026 mu nama y’Inama y’Umutekano ya Loni, aho hasuzumwaga umutekano […]
Vatican yavuze ko ntacyo bitwaye kuba abakirisitu Gatolika bashobora guhabwa insimburangingo zikomotse ku nyamaswa mu rwego rwo kuvura indwara zitandukanye, mu gihe ubu buryo bukurikiza amahame y’imyitwarire n’amabwiriza ya Kiliziya. Ibi byatangajwe ku wa 24 Werurwe 2026, bishingiye ku iterambere rikomeje kugaragara mu buvuzi bukoresha ingingo z’inyamaswa nk’ingurube cyangwa inka zahinduriwe imiterere karemano y’uturemangingo twazo. […]
In the early morning of this Wednesday, March 25, 2026, news spread widely on social media—especially by those who often speak negatively about Rwanda claiming that Rwanda had sent people to assassinate Denise Nyakéru Tshisekedi, who is in Washington, DC, United States of America. Those spreading this false information alleged that two individuals attempted to […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko Amerika yagiranye ibiganiro na Iran bigamije kurangiza burundu intambara imaze iminsi mu Burasirazuba bwo Hagati kandi ku bw’izo mpamvu abaye asubitse mu gihe cy’iminsi itanu kugaba ibitero ku bikorwa remezo by’ingufu bya Iran. Nubwo Trump yatangaje ibyo ariko Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) byatangaje ko […]
Chuck Norris, wamamaye mugukina filime zirimo ubuhanga mumikino njyarugamba, yapfuye kuri uyu wa Kane afite imyaka 86, urupfu rwe rwatangajwe n’umuryango we binyuze kuri konti ye ya Instagram, ariko nta bisobanuro byinshi byahise bitangwa. Bavuze ko yari yajyanywe mu bitaro muri Hawaii uwo munsi nyuma yo kugira ikibazo gikomeye cy’uburwayi. nubwo abanenga sinema batamwishimiraga cyane, […]
