Umuryango CPCC, uharanira amahoro n’imibano myiza y’abaturage, watangaje ko impunzi 105 z’Abanye-Congo zapfiriye mu nkambi zo mu Burundi mu byumweru bibiri bishize. Impfu nyinshi zatewe ahanini no kubura ibiribwa, ubutabazi bukwiye n’ubuvuzi. Ku wa 5 Mutarama 2026, umuyobozi w’uyu muryango, Ahadi Bya Masu, yavuze ko hari n’impunzi zagabyeho ibitero n’abagizi ba nabi ubwo zari mu […]
Uwahoze ari Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagejejwe imbere y’urukiko rwa Manhattan muri Leta ya New York ku wa 5 Mutarama 2026, aho yagaragaje ko atemera ibyaha byose ashinjwa kandi akemeza ko akiri Perezida w’igihugu cye. Uyu mugabo w’imyaka 63 n’umugore we Cilia Flores batawe muri yombi ku wa 3 Mutarama 2026, nyuma y’igikorwa cya […]
Kugira indege nyinshi ntibikiri inzozi cyangwa kwiyemera ku bihugu by’ Afurika bihanganye n’ibibazo by’umutekano bikomeye, intumbero z’ubukungu, n’iterambere ry’ibihugu; ahubwo ni ibisabwa ku rwego rwa politiki n’umutekano. Kugira ubushobozi bwo kugenzura ikirere bituma igihugu kibasha gusubiza vuba ku bibazo nk’ibyiterabwoba, ubucuruzi bwa magendo, ndetse no kugenzura imikorere y’ibidafite uburenganzira. Gufata neza no kugira indege zikomeye […]
