Ubushyamirane hagati y’umutwe wa AFC/M23 na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye gufata indi ntera, aho buri ruhande rwashinje urundi kugaba ibitero bya drone mu bice bya Masisi na Minembwe, nyuma y’amasaha make gusa impande zombi zivuye mu biganiro by’iminsi itanu byabereye i Montreux mu Switzerland. Ku ruhande rwa AFC/M23, umuvugizi wayo Lawrence […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ingabo z’icyo gihugu zafashe ubwato butwara imizigo bwa Iran nyuma yo kutubahiriza amabwiriza bwari bwahawe mu nyanja iri hafi y’inzira ya Strait of Hormuz. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa Truth Social ku Cyumweru, yavuze ko ubwo bwato bwitwa Touska bwaburiwe n’ingabo zirwanira mu […]
Ingabo za Israel zatangaje ko zashyizeho icyo zise umurongo w’umuhondo mu majyepfo ya Liban, bavuga ko usa n’undi zisanzwe zikoresha muri Gaza. Mu itangazo ryashyizwe hanze ku wa Gatandatu, Igisirikare cya Israel cyavuze ko mu masaha 24 yari ashize, abasirikare bacyo bakorera mu majyepfo y’uyu murongo babonye abantu cyise abarwanyi barenze ku masezerano y’agahenge, bakegera […]
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Seyed Abbas Araghchi, yatangaje ko ubwato bw’ubucuruzi buzongera kunyura mu muhora wa Strait of Hormuz mu gihe cyose agahenge gaherutse kwemezwa hagati ya Israel na Lebanon kazaba kagikurikizwa. Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko inzira z’amazi zizaba zifunguye ku bwato bukoresha uwo muhora, hashingiwe ku mabwiriza y’inzego za […]
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Bénin yatangaje ko umukandida watanzwe n’Ishyaka riri ku Butegetsi, Romuald Wadagni, ari we watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu n’amajwi 94%. Ni amajwi y’agateganyo yatangajwe na Komisiyo y’Amatora, yerekanye ko Romuald Wadagni yatsinze ku majwi 94% mu gihe uwo bari bahanganye Paul Hounkpè yabonye amajwi 6%. Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Bénin yabaye ku […]
Donald Trump yongeye guteza impaka nyuma yo kunenga Pope Leo XIV ku mbuga nkoranyambaga, nyuma y’uko Papa yamaganye amagambo ya Trump ku kibazo cya Iran. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, Trump yavuze ko Papa adasobanukiwe neza ibijyanye na politiki mpuzamahanga, anashimangira ko adashyigikiye umuntu wemera ko Iran yagira intwaro za kirimbuzi. Ibi bibaye […]
Mu rukerera rwo ku wa Gatatu tariki 8 Mata 2026 ni bwo Perezida Trump wa Amerika yatangaje ko bemeranyije na Iran ku bijyanye no guhagarika imirwano mu gihe cy’ibyumweru bibiri. Hadaciye kabiri ako gahenge Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari zemeranyijeho na Iran kajemo kidobya, bitewe n’ibitero Israel yagabye muri Liban, bikagwamo abarenga 250, abndi […]
Nyuma y’amasezerano y’ibyumweru bibiri yo guhagarika intambara hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za America, ibiciro by’ibikomoka peteroli ku isi byagabanutse cyane mu bihugu bimwe nabimwe kuri uyu wa Gatatu. Ni mu gihe abahanga mu by’ubukungu bemeza ko kugira ngo icyizere cy’igabanuka ry’ibi biciro byumvikanyweho ku isoko mpuzamahanga, bizafata igihe kugira ngo rigere hose. […]
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 7 Mata 2026, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), haravugwa ibitero bikomeye byibasiye uduce dutuwe n’abaturage mu turere twa Minembwe na Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umuvugizi w’ihuriro rya AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko ingabo zifasha ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero zikoresheje drones z’intambara mu […]
Intambara ikomeje gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati, aho ibitero byagabwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifatanyije na Israel byahitanye abantu batari munsi ya 34 muri Iran, barimo abana batandatu. Guverinoma ya Iran yatangaje ko itazihanganira ibyo bitero, ishimangira ko igiye kwihorera mu buryo bukomeye, nyuma y’aho Perezida wa Amerika, Donald Trump, ayihaye […]
