Lt Colonel Willy Ngoma wari umuvugizi wa M23 yapfiriye mugitero cya drones

Lt Col Willy Ngoma wari Umuvugizi wa Gisirikare wa M23 yishwe n’igitero cya drone ya DRC Lt Col Willy Ngoma wari umuvugizi gisirikare w’umutwe wa AFC/M23, yishwe mu gitero cy’indege nto itagira umupilote (drone), nk’uko amakuru atandukanye abyemeza. Amakuru aturuka ahantu hizewe avuga ko umuvugizi wa gisirikare wa AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, yishwe mu […]

Inkuru ibabaje y’inkende Punch-Kun ibayeho mubuzima butoroshye

Inkende yahawe izina rya Punch-Kun yo mu Buyapani, ikomeje kwigarurira amarangamutima y’abatuye ku Isi nyuma yo kwishakira uko ibaho ubwo nyina yayibyaraga igahita iyijugunya yanagerageza kujya gushaka umuryango, ikamaganwa n’izindi. waba utari wabona inkenda yitwa Punch igendana igipupe buri gihe aho kugendana n’izindi nkende. Nk’uko mu muryango w’inkende bigenda, iyo inkende ibyaye, yita ku mwana […]

Abagabo 3 bafatiwe muri Algeria bagerageza kwinjira muri Spain biyoberanyije nk’intama

Abagabo batatu mu gihugu cya Nigeria ku wa Kane tariki 19 Gashyantare 2026 bafashwe n’inzego zishinzwe umutekano muri Algeria nyuma yo kugerageza kwinjira mu gihugu cya Espagne mu buryo butemewe n’amategeko, bakoresheje uburyo bwo kwiyoberanya. Nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye, abo bagabo bagerageje kwambuka umupaka bihishe mu modoka itwara amatungo, mu rwego rwo kwirinda ko babonwa […]

“Nta gihugu cy’Afurika cyagakwiye kuba giterwa mu kinyejana cya 21” Perezida mushya wa AU Ndayishimiye

Perezida w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasezeranyije gukora ibishoboka byose mu mushinga w’Ubumwe bw’Afurika wo gucecekesha intwaro, kugira ngo abaturage b’Afurika babeho mu mutekano, mu cyubahiro n’icyizere, nyuma yo gutorerwa kuyobora uyu muryango. Ndayishimiye yatorewe kuyobora uyumuryango mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu ku cyicaro cy’umuryango wunze ubumwe bw’Afurika (AU/UA) i Addis Abeba muri […]

Obama yagarutse kuri videwo y’irondaruhu yatangajwe na Trump imugaragaza nk’inguge

Uwahoze ari Perezida w’Amerika Barack Obama yavuze mu buryo buziguye kuri videwo y’irondaruhu yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, abwira umuyobozi w’ikiganiro cya podcast ko kugira isoni n’imyitwarire myiza byahoze biranga abayobozi, ubu byatakaye. Iyo videwo ikomeretsa yari irimo igice kigaragaza Obama n’umugore we Michelle nk’inguge, bituma binegwa henshi n’abo mu ishyaka ry’abademokarate […]

Texas: Umukobwa yarashwe na se nyuma y’impaka zishingiye kuri Donald Trump

Inkuru y’akababaro y’iyicwa rya Lucy Harrison, umukobwa w’imyaka 23 ukomoka muri Cheshire mu Bwongereza, ikomeje kugarura amarira mu maso y’abantu nyuma y’aho hagaragariye ibimenyetso bishya mu rukiko bigaragaza ko urupfu rwe rwajemo amakimbirane ashingiye kuri politiki n’ubusinzi Mu buhamya bwatanzwe n’umukunzi wa nyakwigendera, Sam Littler, imbere y’urukiko rwa Cheshire, yagaragaje ko uruzinduko rwari rwatangiye ari […]

Mad Ice n’Urukundo rw’Ibanga kuri Cindy Sanyu: “Namukundaga nkirinda ko abimenya”

Umuhanzi Mad Ice, umwe mu banyabigwi b’umuziki muri Tanzania, yashize amanga avuga ku rukundo rwakunze kumubamo imbere rwerekeye umuhanzikazi w’Umunyauganda, Cindy Sanyu. Nubwo isi yose yabonaga ari ubushuti busanzwe, kuri Mad Ice ngo hari harimo akantu k’inyatane. Mad Ice avuga ko atatwarwaga n’izina rya Cindy nk’icyamamare, ahubwo yakururwaga n’uburyo uyu mugore yitwaraga n’umutima we wa […]

Umukino wahuje Abahutu n’Abatutsi i Burundi wateje impaka ku mbuga nkoranyambaga

Umukino w’umupira w’amaguru wahuje amakipe yiswe ay’Abahutu n’ay’Abatutsi wabereye i Burundi ku wa 5 Gashyantare 2026, watumye ku mbuga nkoranyambaga hacicikana ibitekerezo byinshi n’impaka ku buryo wateguwe n’uko wakiriwe. Uyu mukino wateguwe n’Ishyirahamwe “Abavukanyi” rikorera muri Nyabugete, zone ya Ruziba, rivuga ko rigamije guteza imbere ubumwe n’ubwiyunge mu Banyarwanda b’Abarundi. Warangiye ikipe y’Abatutsi itsinze y’Abahutu […]

Yamaze amasaha 21 munsi y’ubutaka agihumeka nyuma yo kugwirwa n’ikirombe

Abatuye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagize agahinda gakomeye nyuma y’inkangu yagwiriye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Luwowo giherereye muri Rubaya, rigahitana abarenga 200. Iyi mpanuka yabaye ku mugoroba wa tariki ya 28 Mutarama 2026, aho amakuru yatangiye gukwirakwira ahagana saa cyenda z’umugoroba. Abari hafi y’aho […]

Ubuhinde bufitanye umubano wihariya n’America? Trump yagabanyije imisoro ku buhinde

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye cyemeranyije n’u Buhinde ku masezerano mashya y’ubucuruzi agamije kongera imikoranire mu by’ubukungu n’ingufu. Aya masezerano ateganya ko Amerika igabanya imisoro yari yarashyizwe ku bicuruzwa bituruka mu Buhinde, ikava kuri 25% ikagera kuri 18% ngo kubera  bwahagaritse kugura Peteroli y’u Burusiya.. Iri gabanyuka […]