Amerika Yabujije abaturage bayo kujya muri Uganda

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko abaturage bayo bakwiriye kwitwararika cyane mu ngendo zijya muri Uganda, bitewe n’ubwiyongere bw’impungenge z’icyorezo cya Ebola gikomeje kugaragara muri iki gihugu. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 28 Gicurasi 2026, nyuma y’uko Ikigo cya Amerika gishinzwe gukumira no kurwanya indwara (CDC) gishyize Uganda ku rwego […]

Akabyiniriro ka ‘Donald Trump’ Kagizwe Umutamenwa: Uko Imbogo y’Indatwa Yarokotse Icyuma mu Birori bya Eid

Yari yamaze kugurwa ngo itangweho igitambo mu birori bikuru bya Eid al-Adha, ariko urumuri rw’ubwamanare n’itandukaniro ry’imiterere byatumye isubizwa mu buzima. Imbogo y’indatwa y’izera (albino) yo mu gihugu cya Bangladesh, yaje guhabwa izina rya “Donald Trump” kubera agasatsi k’umuhondo kayo gatunganye mu mutwe, ntabwo ikibazwe nyuma y’aho inzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu zifatiye icyemezo cyo kuyihagararira […]

Museveni yashyizeho Guverinoma nshya irimo impinduka zikomeye

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri n’abanyamabanga ba Leta bashya, hagaragaramo impinduka zikomeye ku bayobozi bari basanzwe mu nshingano zitandukanye. Muri iyi Guverinoma nshya, abaminisitiri 29 ntabwo bongeye guhabwa imyanya bari basanzwe barimo. Mu basimbuwe harimo Matia Kasaija wari ushinzwe Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, aho yasimbuwe na Henry Musasizi. Uwahoze ari Minisitiri […]

Iran yavuze ko igitero cya Amerika cyarenze ku gahenge bemeranyije

Guverinoma ya Iran yatangaje ko igitero Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye mu Ntara ya Hormozgan, mu majyepfo y’icyo gihugu, cyarenze ku gahenge kari karumvikanyweho hagati y’impande zombi mu gihe ibiganiro by’amahoro byari bikomeje. Icyo gitero cyabaye ku wa 26 Gicurasi 2026, aho Amerika yavuze ko yari igamije gukumira ubwato bushinjwa gutegura gushyira […]

Ingabo za AFC/M23 zagabye igitero cya drone muri Minembwe

Ingabo za AFC/M23 zagabye igitero gikomeye cya drone mu gace ka Mikenke, muri Teritwari ya Mwenga ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ahavugwa ko cyahitanye abasirikare benshi bo ku ruhande rw’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abo bafatanyije. Amakuru akomeje kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza amashusho yafashwe nyuma y’icyo gitero, […]

Urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira rwongeye guhagarara

Urujya n’uruza hagati y’Imijyi ya Bukavu na Uvira rwongeye guhungabana kuva ku wa Gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2026, nyuma y’ifungwa ry’agace kamwe k’umuhanda munini wa RN5. Amakuru atangwa n’abatwara abagenzi bakorera muri ako gace avuga ko imodoka zahagaritswe kugera ahitwa Nganganiro muri Luvungi, ibintu byagize ingaruka ku ngendo zihuza ibi bice bibiri bikomeye byo […]