Adel Amrouche nyuma yo kwirukanwa mu mavubi yareze FERWAFA muri FIFA

Ku wa 14 Mutarama 2026 ni bwo FERWAFA yatangaje ko Amrouche yasezerewe ku mwanya w’Umutoza Mukuru w’Amavubi nyuma y’amezi 10 yari amaze ayatoza. Icyo gihe iri shyirahamwe ryavuze ko icyemezo cyafashwe bitewe n’uko atubahirije bimwe mu byari bikubiye mu masezerano y’akazi yari afitanye na ryo. Nyuma y’iki cyemezo, Amrouche yandikiye FIFA ayimenyesha ko yirukanwe mu […]

FIFA yashyizeho amategeko mashya azatangira gukoreshwa mu gikombe cy’isi 2026

Impinduka nshya ku mategeko y’umupira w’amaguru zatangajwe n’International Football Association Board (IFAB). Izi mpinduka zizatangira gukurikizwa ku itariki ya 1 Nyakanga, kandi zizagaragara bwa mbere mu gikombe cy’isi cya 2026 FIFA World Cup kizatangira ku wa 11 Kamena 2026. Zemejwe mu nama rusange ya 140 ya IFAB. Igihe ntarengwa cyo gutera umupira ujya mu kibuga […]

Amavubi mu isura nshya,Stephan Constantine niwe mutoza mushya w’ikipe y’igihugu

Umwongereza Stephen Constantine w’imyaka 63 yongeye kugirwa Umutoza w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”. Yatoje u Rwanda mu 2014/2015 ndetse icyo gihe yarufashije kwandika amateka yo kugera ku mwanya wa 64 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA. Mu 2023/2025, Constantine yatozaga Ikipe y’Igihugu ya Pakistan. FERWAFA yatangaje ko Stephen Constantine ari umutoza mukuru mushya w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Rwanda […]

Kyle Walker, yatangaje ko asezeye ku gukinira ikipe y’igihugu y’Ubwongereza nyuma yo kuyikinira imikino 96

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Kyle Walker, yatangaje ko asezeye ku gukinira ikipe y’igihugu mbere y’Igikombe cy’Isi giteganyijwe muri iyi mpeshyi. Uyu mukinnyi w’imyaka 35 ukina ku ruhande rw’iburyo mu bwugarizi yahisemo gusoza urugendo rwe mu ikipe y’igihugu nyuma yo gukinira u Bwongereza imikino 96 mpuzamahanga, bituma aba umukinnyi wari hafi yo gukinira igihugu cye […]

Havutse Rodrygo mushya, Real Madrid yemeje ko kubagwa kwa Rodrygo byagenze neza

Ikipe ya Real Madrid yatangaje ko rutahizamu wayo Rodrygo yamaze kubagwa neza nyuma yo kugira ikibazo gikomeye mu ivi. Nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Fabrizio Romano, Rodrygo yabazwe nyuma yo kugira imvune ya ACL ndetse agira n’ikibazo kuri external meniscus mu ivi ry’iburyo. Rodrygo nyuma yo kubagwa yatanze ubutumwa kurukuta rwe rwa instagram agira ati: “Ndashimira Imana […]

FERWABA na Bralirwa basinye amasezerano y’ubufatanye afite agaciro ka miliyoni 700 Frw

FERWABA na Bralirwa PLC basinyanye amasezerano y’ubufatanye azamara imyaka ine, binyuze mu kirango cyabimwe mubinyobwa bya Bralirwa kitwa Cheetah Energy Drink kugira ngo hashyigikirwe shampiyona ya basketball mu Rwanda, yitwa Rwanda Basketball League. Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA Plc, binyuze mu kinyobwa cyarwo cya “Cheetah Energy’’, rwongereye amasezerano y’imyaka ine n’Ishyirahamwe rya Basketball FERWABA, […]

BBC Sport yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bakina nka ba rutahizamu bo mu kinyejana cya 21

Ikigo cy’itangazamakuru cy’imikino BBC Sport cyashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bakina nka ba rutahizamu (centre forwards) bagaragaje urwego rwo hejuru mu mupira w’amaguru kuva mu kinyejana cya 21 cyatangira. Uru rutonde rugaragaraho abakinnyi batandukanye bo kumigabane itandukanye aho hagaragaraho numunyafurika Didie Drogba uru rutonde rugaragaraho abakinnyi batandukanye bo kumigabane itandukanye aho hagaragaraho numunyafurika […]

Rodrygo Goes yageneye ubutumwa abakunzi b’umupira wa maguru nyuma y’imvune yagize

Uyu mukinnyi wimyaka 25 ukinira Real Madrid na ekipe y’igihugu ya Brazil yagize imvune izamara igihe kirekire aho biteganyijwe ko izamara nabura amezi 10 aho azagaruka mumpera z’umwaka wa 2026 bivuzeko atazakina igikombe cyisi kizaba mumpeshyi yuyumwaka wa 2026 Mubutumwa Rodrygo Goes yageneye abakunzi be nabumupira wamaguru muri rusange yagize ati “Ni umwe mu minsi […]