Al Hilal SC yatsinze Mamelodi Sundowns ibitego 2-1 mu mukino wa CAF Champions League

Al Hilal SC yatsinze Mamelodi Sundowns ibitego 2-1 mu mukino wa CAF Champions League, wabereye kuri Stade Amahoro, kuri uyu wagatanu saa 21:00 tariki 30 Mutarama 2026. Al Hilal SC niyo yafunguye amazamu bwambere kugitego cya Mohamed Abdul Rahman kumunota wa45+3′. Girumugisha Jean Claude yatsinze igitego cya kabiri cya Al Hilal SC kumunota wa 49′ nyuma […]

Max Dowman ukinira Arsenal asinye amasezerano y’agateganyo

Max Dowman ukinira Arsenal yasinyanye n’ikipe amasezerano y’agateganyo (pre-contract agreement) azatuma asinya amasezerano y’umwuga igihe azaba yujuje imyaka 17 muri Ukuboza. Max yinjiye mu ishuri ryacu ry’abato (academy) afite imyaka umunani, ahita atangira kwigaragaza mu buryo budasanzwe, aca uduhigo twinshi mu byiciro by’abato uko yagendaga azamuka muri Hale End. Yakinnye umukino we wa mbere mu […]

Police FC igeze kuri final y’igikombe k’intwari 2026 nyuma yo gusezerera Rayon Sports

Police fc yasezereye Rayon sports mu irushanwa ryigikombe k’intwari 2026 muri 1/2 ihita ikatisha itike yokumukino wanyuma. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium saa 15:00 tariki 29/01/2026. Umukino watangiye impande zombi zirikwigana ariko byaje kurangira bose babuze amahirwe yoguhindura umukino, igice cyambere kirangira banganya 0-0. Igice cyakabiri cyatangiranye impinduka Police ishaka uburyo bwigitego nuko […]

CAF yafatiye ibihano bikomeye Sénégal na Maroc kubera imvururu zo kuri final ya AFCON 2025

Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano bikomeye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal n’iryo mu Bwami bwa Marocco, nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Uyu mwanzuro watangajwe mu ijoro rishyira ku wa Kane, nyuma y’inama ya komisiyo […]

Imikino y’amatsinda yarangiye mu irushanwa rya UEFA Champions League 2025-26 Season

Mu ijoro rya tariki 28/01/2026 UEFA Champions League yari yagarutse amakipe akomeye k’umugabane w’iburayi ari kwesurana mukibuga akora amateka, ashaka icyubahiro, imitima yacu yuzuye ibyishimo, kandi abakinnyi bakomeye bakomeza gukora amateka. Amakipe yabaye ayambere mubihugu byayo k’umugabane w’iburayi yari yahuye k’umunsi wanyuma mumikino y’amatsinda mu irushanwa rya UEFA Champions League. Imikino 18 yose yatangiriye igihe […]

APR FC kuri final nyuma yo gusezerera AS Kigali mu gikombe cy’intwari 2026

Amakipe yacu dukunda APR FC na AS Kigali yahuye mumukino wa 1/2 w’igikombe cy’Intwari 2026 kuri uyu wa 28 Mutarama saa Cyenda z’igicamunsi kuri Kigali Pelé stadium. Nyuma y’iminsi 61 banganyije igitego 1-1 muri Rwanda Premier League, APR FC itsinze uyu mukino 3-0 Uyumukino watangiye amakipe yombi ari kwiga umukino, ananganya imbaraga arinako ashaka uburyo […]

Ibyaranze urugendo rwa IshowSpeed yakoreraga k’umugabane w’Afurika

IshowSpeed uzwi cyane kuri Youtube wari warasuye Afurika yasoje urugendo rwe kuri uyumugabane, nyuma yo kuzenguruka ibihugu 20 by’afurika muminsi 28. Uyumusore w’imyaka 20 w’icyamamare muri livestreaming hano ku isi aho abikorera cyane kurubuga rwa Youtube anafite abamukurikira barenga miliyoni 50 subscribers byanamuhaye ubukire aho umutungo we urenze miliyoni 30$. Amazina ye yanyayo ni Darren […]