Ubuyobozi bw’Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) bwemeje ko imikino ya nyuma y’iri rushanwa rya 2026, rizaba rikinwe ku nshuro ya gatandatu, izabera mu Mujyi wa Kigali mu Rwanda. Ibi byatangajwe ku wa Gatanu tariki ya 30 Mutarama 2026, ubwo hatangazwaga ingengabihe yemewe ya BAL 2026, irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu mukino […]
Irushanwa mpuzamahanga ry’amagare ribera mu Rwanda Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 18, riteganyijwe kuva ku wa 22 Gashyantare kugeza ku wa 1 Werurwe 2026, aho rizakinwa mu byiciro umunani (8 stages) ku ntera igera kuri kilometero 993. Amakipe 18 ni yo azitabira Tour du Rwanda ya 2026, akaba yahawe umwihariko wo kuzakina […]
Al Hilal SC yatsinze Mamelodi Sundowns ibitego 2-1 mu mukino wa CAF Champions League, wabereye kuri Stade Amahoro, kuri uyu wagatanu saa 21:00 tariki 30 Mutarama 2026. Al Hilal SC niyo yafunguye amazamu bwambere kugitego cya Mohamed Abdul Rahman kumunota wa45+3′. Girumugisha Jean Claude yatsinze igitego cya kabiri cya Al Hilal SC kumunota wa 49′ nyuma […]
Tariki 30 Mutarama 2026 habaye tombora y’imikino yakamarampaka (Play-offs) muri UEFA Champions League 2026, amakipe 16 yananiwe kuzamuka ari mumunani yambere kuva kuya9 kugeza kuya24 azakina yishakamo 8 azajya muri 1/8 kirangiza (Round of 16). Dore uko tombora yagenze:
Max Dowman ukinira Arsenal yasinyanye n’ikipe amasezerano y’agateganyo (pre-contract agreement) azatuma asinya amasezerano y’umwuga igihe azaba yujuje imyaka 17 muri Ukuboza. Max yinjiye mu ishuri ryacu ry’abato (academy) afite imyaka umunani, ahita atangira kwigaragaza mu buryo budasanzwe, aca uduhigo twinshi mu byiciro by’abato uko yagendaga azamuka muri Hale End. Yakinnye umukino we wa mbere mu […]
Police fc yasezereye Rayon sports mu irushanwa ryigikombe k’intwari 2026 muri 1/2 ihita ikatisha itike yokumukino wanyuma. Ni umukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium saa 15:00 tariki 29/01/2026. Umukino watangiye impande zombi zirikwigana ariko byaje kurangira bose babuze amahirwe yoguhindura umukino, igice cyambere kirangira banganya 0-0. Igice cyakabiri cyatangiranye impinduka Police ishaka uburyo bwigitego nuko […]
Komisiyo ishinzwe Imyitwarire mu ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano bikomeye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal n’iryo mu Bwami bwa Marocco, nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025 wabereye i Rabat ku wa 18 Mutarama 2026. Uyu mwanzuro watangajwe mu ijoro rishyira ku wa Kane, nyuma y’inama ya komisiyo […]
Mu ijoro rya tariki 28/01/2026 UEFA Champions League yari yagarutse amakipe akomeye k’umugabane w’iburayi ari kwesurana mukibuga akora amateka, ashaka icyubahiro, imitima yacu yuzuye ibyishimo, kandi abakinnyi bakomeye bakomeza gukora amateka. Amakipe yabaye ayambere mubihugu byayo k’umugabane w’iburayi yari yahuye k’umunsi wanyuma mumikino y’amatsinda mu irushanwa rya UEFA Champions League. Imikino 18 yose yatangiriye igihe […]
Amakipe yacu dukunda APR FC na AS Kigali yahuye mumukino wa 1/2 w’igikombe cy’Intwari 2026 kuri uyu wa 28 Mutarama saa Cyenda z’igicamunsi kuri Kigali Pelé stadium. Nyuma y’iminsi 61 banganyije igitego 1-1 muri Rwanda Premier League, APR FC itsinze uyu mukino 3-0 Uyumukino watangiye amakipe yombi ari kwiga umukino, ananganya imbaraga arinako ashaka uburyo […]
IshowSpeed uzwi cyane kuri Youtube wari warasuye Afurika yasoje urugendo rwe kuri uyumugabane, nyuma yo kuzenguruka ibihugu 20 by’afurika muminsi 28. Uyumusore w’imyaka 20 w’icyamamare muri livestreaming hano ku isi aho abikorera cyane kurubuga rwa Youtube anafite abamukurikira barenga miliyoni 50 subscribers byanamuhaye ubukire aho umutungo we urenze miliyoni 30$. Amazina ye yanyayo ni Darren […]
