APR Cycling Club yatangiye gahunda yo gushaka Abana bafite impano yo gusiganwa ku magare

Ikipe ya APR Cycling Club y’abasiganwa ku magare yatangiye gushaka abakinnyi b’abahungu bakiri bato bafite impano yo gusiganwa ku magare, bari hagati y’imyaka 14 na 16. Ni gahunda yatangiriye i Musanze kuri uyu wa Kabiri, aho izakorwa kugeza ku wa Mbere, tariki ya 20 Mata 2026, Izajya inyura mubice bitandukanye by’igihugu buri munsi kuva Saa […]