umukobwa w’imyaka 19, uzwi ku mazina ya KGM, avuga ko uburyo imbuga nkoranyambaga zikoresha ibyitwa “algorithms” mu ndimi z’amahanga cyangwa porogaramu zigenzura ibyo abazisura babona, bwamuteye kuba imbata y’izi mbuga, bikamuviramo ingaruka mbi ku buzima bwe, kuko zamuteye uburwayi bwo mu mutwe. Avuga ko ibi byamuteje ibibazo birimo agahinda gakabije (depression) n’ibibazo byo kurya nabi. […]
Shampiyona y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru igeze mucyakabiri cyayo, nubwo habura imikino ibiri gusa ngo yuzure. Ni imikino ibiri ya Al Hilal SC igomba gukina na APR FC na Al Merrikh SC, itarabereye igihe kubera ko iri gukina irushanwa rya CAF Champions League. Amakipe 18 ni yo yakinnye iyi shampiyona, avuye kuri 16 kuko hiyongereyemo amakipe […]
