Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Shema Fabrice yatawe muri yombi kuri uyu wa 11 kanama 2026. Amakuru y’ifungwa rya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yatangajwe n’umuvugizi wa RIB Dr Murangira B. Thierry kuri uyu wa kabiri. Dr Murangira B. Thierry yavuze ko Shema Fabrice akurikiranyweho […]
