Perezida wa FERWAFA Shema Fabrice yatawe muri yombi

author
0 minutes, 35 seconds Read

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA Shema Fabrice yatawe muri yombi kuri uyu wa 11 kanama 2026.

Amakuru y’ifungwa rya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, yatangajwe n’umuvugizi wa RIB Dr Murangira B. Thierry kuri uyu wa kabiri.

Dr Murangira B. Thierry yavuze ko Shema Fabrice akurikiranyweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye, ni mugihe aya makuru yari yatangiye guhwihwiswa n’abanyamakuru bakomeye muri sporo hano mu Rwanda ariko nta rwego na rumwe rurabitangaza.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwavuze Shema Fabrice afungiye kuri sitasiyo ya RIB iri mu karere ka kicukiro i Kigali mu gihe hagikorwa iperereza ku bindi byaha bifitanye isano n’icyo akurikiranyweho.

Inkuru irambuye …………

About The Author

Inkuru bihuye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *