Umupaka uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Rwanda, hagati y’Imijyi ya Goma na Gisenyi, wafunzwe kuva mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Gicurasi 2026, nk’uko amakuru aturuka muri aka gace abyemeza. Kugeza ubu, nta tangazo rasmi riratangazwa n’ubuyobozi bw’u Rwanda cyangwa umutwe wa M23 ugenzura Umujyi wa Goma ku mpamvu nyamukuru y’ifungwa […]
Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yapfiriye mu bitaro by’i La Haye mu Buholandi, igihugu yari afungiwemo by’agateganyo mu gihe yari ategereje ikindi gihugu kimwakira. Aya makuru yemejwe n’Urwego Mpuzamahanga rushinzwe imirimo yasizwe n’inkiko mpanabyaha mpuzamahanga (IRMCT), ari na rwo rwari rumufunze kuva yatangira gukurikiranwaho ibyaha bifitanye isano na Jenoside […]
Mukigaaniro umuhanzi Kabarankuru Icon yagiranye n’umunyamakuru Taikun Ndahiro wa Isibo akagira na youtube channel yitwa “Narababwiye TV” yatangaje ko abona umuhanzi akaba n’umuraperi mugenzi we Bushali yarakabirijwe atari kurwego bamufataho nurwo bamushyiraho. yagize ati ” ngewe mbona Bushi akabirizwa cyane ariko agira performance(uko umuhanzi yitwara kurubyiniro) nziza akomeza agira ati ” ngewe kugiti cyange ahantu […]
I Kigali mu Rwanda kuva 14–15 Gicurasi 2026, Abayobozi bakuru b’ibigo (CEOs), abashoramari, abafata ibyemezo bya politiki, n’abakuru b’ibihugu basaga 2,500–2,800 baturutse mu bihugu birenga 70–75 bahuriye muri Kigali Convention Centre mu nama ya 13 y’ingenzi y’abikorera ku giti cyabo muri Afurika. Yateguwe ku bufatanye bwa Jeune Afrique Media Group na International Finance Corporation (IFC), […]
Kuri uyu wa Kane tariki 14 Gicurasi 2026 muri BK arena i Kigali mu Rwanda habereye umuhango wo gutanga impamyabumenyi kubanyeshuri basoje muri Rwanda Polytechnic aho umushyitsi mukuru yari Dr. Sylvie Mucyo, Umuyobozi Mukuru wungirije wa Rwanda Polytechnic (RP). Muri uwo muhango Dr. Sylvie Mucyo yongeye gushimangira ko iki kigo cyiyemeje guteza imbere impinduka mu […]
Kumunsi wejo perezida w’ikipe ya Real Madrid, Florentino Pérez yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka kubintu byinshi byasize bamwe bamuha urwamenyo kubera bimwe mubyo yatangaje muri icyo kiganiro n’itangazamakuru nkaho yatangaje ko muri iyi champion irangiye yatwawe na Barcelona ngo Real Madrid yibwe amanota hagati ya 16 na 18 Bimwe mubyabajijwe muri icyo kiganiro Perez yabajijwe kumwuka […]
Mu cyumweru cya kabiri cya Gicurasi 2026, Umujyi wa Kigali wongeye kugaragaza ko ari wo mutima w’ibiganiro bigamije impinduka muri Afurika. Ku wa Gatatu tariki ya 13 Gicurasi, Village Urugwiro yakiriye Abakuru b’Ibihugu batandukanye baje kwitabira inama ya Africa CEO Forum.Iyi nama yatangiye mu 2012 ibaye ku nshuro ya 13, ikaba itegurwa na Groupe Jeune […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuvuga ku mugambi wo kwagura Amerika, aho kuri ubu yavuze ko yifuza ko Venezuela yaba Leta ya 51 igize iki gihugu. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Fox News, John Roberts, ku wa 11 Gicurasi 2026. Trump yavuze ko Venezuela ari igihugu gifite umutungo […]
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bikomeje ibikorwa by’ iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuryango Fruits of Love (Imbuto z’urukundo) n’inshuti zawo bakoze ibikorwa byo kwifatanya n’Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka, banakora ibikorwa by’urukundo no gufasha abarokotse Jenoside. Fruits of Love ni Umuryango w’iyobokamana ariko udashingiye […]
Mubihembo bya UNFP (Union Nationale des Footballeurs Professionels) byatanzwe kumugoroba wo kuwa 11 Gicurasi 2026 bwa mbere mumateka ya Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa na Real Madrid, Kylian Mpappe yabuze igihembo na kimwe mubihembo bya UNFP. Ni ibihembo bihabwa abakinnyi ndetse nabatoza bitwaye muri Champion y’Ubufaransa Ligue 1 ndetse nabakinnyi babafaransa bakina hanze yigihugu mumwaka w’imikino. […]
