RwandAir yahagaritse ingendo ebyiri z’indege, rumwe rujya i Doha, urundi rujya i Dubai.

Ubuyobozi bwa RwandAir bwatangaje ko bwabaye buhagaritse ingendo zimwe na zimwe z’iyi sosiete y’ubwikorezi bwo mukirere ziva cyangwa zikajya I Doha na Dubai kubera umutekano mucye uri kurangwa mu burasirazuba bwo hagati. Ni nyuma y’ibitero by’Ingabo za Israel n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zagabye mu mijyi itandukanye ya Iran kuva mu gitondo cyo kuri […]

BNR yatangaje Ibyavuye mu igeragezwa ry’ibanze ry’ifaranga koranabuhanga (e-Frw)

Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yasoje igerageza rito rizwi nka “Proof of Concept (PoC)” ku mushinga w’Ifaranga-Koranabuhanga rya Banki Nkuru (CBDC), ryiswe e-Franc Rwandais (e-FRW). Iri gerageza rifatwa nk’intambwe ikomeye mu rugendo rwo kubaka urwego rw’imari rutajegajega, rudaheza kandi rukoresha ikoranabuhanga rigezweho. Igerageza ryakorewe ku buryo e-FRW ishobora gukoreshwa mu kwishyurana hagati y’abantu […]

Intare zashyizwe muri gahunda yo kuringanyiza imbyaro

Intare zo muri Pariki y’Akagera zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza urubyaro, Pariki y’Akagera yatangaje ko Intare eshanu z’ingore zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza imbyaro mu rwego rwo kugira habungabungwe uburinganire bw’urusobe rw’ibinyabuzima.’ Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko intare eshanu z’ingore zashyizwe muri gahunda yo kuringaniza imbyaro, hagamijwe gukomeza kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima no kugenzura neza […]

Cristiano Ronaldo agiye gutangiza icyiciro gishya, Yabaye umunyamigabane wa UD Almería

Cristiano Ronaldo yaguze 25% by’imigabane ya Unión Deportiva  Almería yo muri Espagne yo mu Cyiciro cya Kabiri muri Espagne. Uyu mukinnyi w’Umunya-Portugal uri kugana mu myaka ye ya nyuma mu mupira w’amaguru, arajwe ishinga no kubaka ubukungu mu bikorwa bitandukanye n’ibindi bifite aho bihuriye n’umupira w’amaguru. Ni muri urwo rwego yaguze 1/4 cy’imigabane mu ikipe […]

Uruhare rw’ababyeyi mu bizamini bya Leta uyu mwaka wa 2025-2026

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri NESA cyatangaje ko kwiyandikisha gukora Ibizamini bya leta bisoza amashuri abanza, ikiciro ruzasange n’ayisumbuye bizatangira guhera 25 Gashyantare kugeza 27 Werurwe 2026. Mu itangazo NESA yashyize ahagaragara binyuze ku rukuta rwayo rwa X rwahoze ari Twiter, yatanze inyandiko 2 zirimo iy’urutonde rw’ibigo bicumbikira abana Boarding School ndetse n’indi igaragaza […]

Abarimo Barafinda Fred Sekikubo bakatiwe iminsi 30 y’agateganyo.

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abarimo Barafinda Sekikubo Fred, Mazimpaka Patrick, Nizeyimana Didier, Japhet Nkeramihigo na Tumukunde bafungwa iminsi 30 y’agateganyo, ariko se bakurikiranyweho ibihe byaha? Icyemezo cy’urukiko cyasomwe kuri uyu wa 25 Gashyantare 2026. Abaregwa bakurikiranyweho icyaha cyo gukwirakwiza no gutangaza amakuru y’ibihuha bakoresheje imbuga nkoranyambaga by’umwihariko YouTube ya Muchoma yitwa Sana TV […]

Gahunda ya FIFA Forward iri kubaka umusingi ukomeye w’ejo hazaza h’umupira w’amaguru ku isi hose.

Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi FIFA mu guteza imbere umupira w’amaguru hirya no hino. Gahunda ya FIFA Forward iri kubaka umusingi ukomeye w’ejo hazaza h’umupira w’amaguru ku isi hose. Mu myaka 10 ishize, FIFA Forward yafashije amashyirahamwe y’umupira w’amaguru atandukanye ku Isi arenga 200, […]

Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo kubera imyiteguro ya FIFA Series 2026

Kubera imyiteguro y’irushanwa ritegurwa na FIFA rizwi nka FIFA Series 2026, Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo kugira ngo ibanze itunganywe. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa Rwanda Premier League, Jules Karangwa, ubwo yasobanuraga impamvu habayeho impinduka mu mikino imwe n’imwe ya shampiyona. Mu kiganiro yagiranye na RBA, Karangwa yavuze ko iki kibuga kitari mu bikoreshwa muri iki […]