Ibiciro bya peteroli byagabanyutseho 6%

Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse ku kigero kiri hafi ya 6%, nyuma y’uko hagaragaye ibimenyetso byerekana ko ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bishobora kuganisha ku masezerano yo kugabanya amakimbirane amaze igihe hagati y’impande zombi. Amakuru y’ubucuruzi agaragaza ko igiciro cya peteroli yo mu bwoko bwa Brent cyamanutseho hafi […]

Bizagenda gute nyuma yuko BNR yongereye urwunguko kunguzanyo ?

Kumunsi wejo Banki nkuru y’igihugu BNR yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo (interest rate) ho 1% ruva kuri 7.25% rugera ku 8.25% ibi byakozwe mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko (inflation) ukomeje kwiyongera Izi ngamba zifashwe nyuma yuko bigaragaye ko ibiciro byazamutse bigera kukigero cya 13% bivuye ku 9.2% cyariho mukwezi gushize Abahanga […]

Abanyamakuru benshi mu Rwanda bafite amashuri menshi ariko bahembwa make

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) bwagaragaje ko nubwo abanyamakuru benshi bafite amashuri makuru, imibereho yabo ikomeje kuba ikibazo gikomeye kubera imishahara mike n’akazi kadahoraho. Raporo ya 2026 Rwanda Media Sector Mapping yerekanye ko abarenga 78% by’abakora umwuga w’itangazamakuru bafite nibura impamyabumenyi ya kaminuza, mu gihe hafi kimwe cya kabiri cyabo bize amasomo […]

Abofisiye bato 146 binjijwe Murwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora mumuhango wabereye i Rwamagana

Mu Ishuri ry’Amahugurwa ry’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora riri i Rwamagana [RCS Training School] kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2022 habereye umuhango wo gusoza amahugurwa y’abofisiye bato 146 binjiye muri uru rwego. Ni abanyamwuga bamaze igihe bahugurwa, bahabwa amasomo azabafasha kuzakora neza inshingano zitandukanye bazahabwa na RCS. Ni umuhango witabiriwe na Minisitiri w’Umutekano […]

BNR yazamuye urwunguko rwayo rugera kuri 8,25%

Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 7,25% rugera kuri 8,25%, mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko ukomeje kwiyongera. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko imibare yagaragaje ko ibiciro ku masoko byakomeje kuzamuka birenze imbago zisanzwe zigenwa na BNR hagati ya 2% na 8%. Mu kwezi kwa Mata 2026, izamuka […]

Emma Claudine yibasiwe na BTN TV isaba ko yibutswa inshingano ze ku mwanya ari ho

Ikinyamakuru BTN TV cyatangaje ko kimaze igihe gihura n’imbogamizi mu kubona amakuru atangwa n’Umujyi wa Kigali, gisaba inzego zitandukanye kwibutsa Umuvugizi w’uyu mujyi, Emma Claudine, inshingano zo gutanga amakuru ku bitangazamakuru. Mu butumwa cyashyize ku rubuga nkoranyambaga X, BTN TV yavuze ko hari inkuru nyinshi cyagiye gishaka gutangaho ibisobanuro biturutse ku buyobozi bw’Umujyi wa Kigali, […]

Umunsi wo kwibuka Abahowimana b’i Buganda wimuwe na Perezida Museveni kubera Ebola

Kuri iki cyumweru tariki 17 Gicurasi, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje iyimurwa ry’umunsi wo kwibuka Abahowimana b’i Buganda kubera icyorezo cya virusi itera Ebola. Uyu munsi, ufatwa nk’umunsi w’ikiruhuko rusange mu gihugu, uba tariki 3 Kamena buri mwaka bibuka Abakristu 43 bishwe bazize guhinduka bakayoboka idini rya Kiliziya Gatolika ku itegeko ry’Umwami w’icyahoze […]

Papa Léo XIV aragirira uruzinduko rwe rwambere mu bufaransa guhera tariki ya 25 Nzeri 2026

Nyirubutungane Papa Leo XIV ateganya gukorera uruzinduko rwa Gishumba mu Bufaransa guhera tariki 25 kugera 28 Nzeri uyu mwaka, nk’uko tubikesha itangazo  Ibiro Bishinzwe Gutangaza Ingendo za Papa ‘Holy See Press Office’ . Uru ruzinduko ruje kandi  rukurikiye butumire bwatanzwe na Prezida w’Ubufaransa Emmanuel Macro, Abahagarariye Kiliziya Gatolika muri icyo gihugu ndetse n’Uhagarariye UNESCO ku […]

MUTESI SCOVIA yakoze ibara kubera kutumva neza ururimi rw’amahanga

Imbuga nkoranyambaga mu Rwanda zacitse ururondogoro, muyandi magambo ishyano ryacitse umurizo Kubera ubutumwa bwanyujijwe kurukuta rwa x na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Hon. Amb. Olivier Nduhungirehe anenga byimazeyo abanyamakuru basemuye inyandiko yari yanditse mu rurimi rw’igifaransa. Ni inyandiko Minisitiri yatangaje mu minsi ishize avuga k’Uruzinduko Perezida Kagame yagiriye muri Kenya mu minsi ishize abwandika mu rurimi […]