Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Werurwe 2026 muri Village Urugwiro habaye inama y’abaminisitri yayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda. Iyinama yitabiriwe nabaministri nabanyamabanga bazaministeri bafatiramo imyanzuro yasinzweho na Ministri w’intebe Dr. NSENGIYUMVA Justin. Dore imyanzuro yatangajwe nyuma yiyinama. 1. Imishinga y’Amategeko yemejwe Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: 2. […]
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean-Guy K. Afrika, yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Mansoor Ali Al-Hajri, bigamije gukomeza no kongerera imbaraga ubufatanye busanzwe hagati y’u Rwanda na Qatar. Ibi biganiro byabaye ku wa 3 Werurwe 2026, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa X rwa RDB. Muri iyo nama, […]
Laurentiu Aurelian Reghecampf umutoza wa Al Hilal SC na Ben Moussa El Kebir Abdessattar umutoza wa Police FC bafatiwe amande kubera ko batitabiriye ikiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino na Rwanda premier league. Ntibitabiriye ibiganiro n’abanyamakuru (post-match press conference) kandi ari itegeko. RPL ivuga ko ibi binyuranyije n’Ingingo ya 25, Igika cya 4 cy’amategeko agenga amarushanwa. RPL […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano bamwe mu bayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda (RDF), zibashinja kugira uruhare mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi bihano byatangajwe nyuma y’iminsi mike habaye inama yiswe iy’Amahoro n’Iterambere yabereye i Washington (Washington Accords for peace and […]
U Rwanda rwatangaje ko ibihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Ngabo z’u Rwanda ndetse n’abasirikare bakuru bane ba RDF, bireba uruhande rumwe mu ziri mu nzira yo gushaka amahoro kandi bigoreka ukuri kw’ibibazo by’amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Itangazo ry’u Rwanda ryo kuri uyu wa Mbere, rivuga ko […]
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga, nimugihe imigabane ku masoko y’imari yagabanutse, bitewe n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwo hagati ihanganishije hagati ya Iran na Israel ndetse na Leta zunze ubumwe za America mbere yuko Leta zunze ubumwe za America, Israel na Iran batangira iyi ntamabara ibiciro bya peteroli ku isoko mpuzamahanga bya […]
Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez bakunze kwita Lola bakinira Atlético de Madrid y’Abagore yo muri Espagne bari mu biruhuko mu Rwanda. Kuva u Rwanda rwatangira kugirana imikoranire na Atlético de Madrid, abakinnyi bayo barimo abo mu ikipe y’abagabo, iy’abagore, abakanyujijeho n’abatoza basura u Rwand ku mpamvu z’akazi no kwirebera ibyiza nyaburanga birutatse. […]
Kuri iki cyumweru taliki ya 01 Werurwe hagiye gukinwa agace ka munani ari nako ka nyuma ka tour du Rwanada yari imaze iminsi igera kumunani izenguruka ibice biitandukanye byigihugu cyurwanda aho aho abakinnyi batandukanye baturutse mumpande zose zisi basiganwaga kuntera ndende. Etape ya mbere yabaye kucyumweru taliki 22 Gashyantare 2026 aho kahagurukiye Rukomo mu karere […]
Kuri uyu wa gatandatu ahagana mu masaha ya saa munani z’amanywa, mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 11. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Rugerero, mu marembo y’ibitaro bya Gisenyi, ahantu hazwiho kugira umuhanda umanuka cyane kandi ukunze kuberamo impanuka za hato na hato bitewe n’imiterere yawo. Iyi mpanuka yatewe n’ikamyo […]
Kuri uyu wa gatandatu taliki 28 Gashyantare 2026 polisi y’u Rwanda ikorera mumugi wa Kigali yataye muri yombi abasore batatu bakurikiranyweho kuvogera kugeza binjiye mu ndege ya company ya MTN yari iparitse i Nyamirambo ahari hagiye gusorezwa agace ka 7 ka Tour du Rwanda 2026. Nkuko abaturage bari aho ibi byabereye babihamirije BTN TV ngo […]
