Urugero rw’umuziki nyarwanda rugeze ku rundi rwego mu ruhando mpuzamahanga, nyuma y’aho umuhanzi Elvin Cena yanditse amateka adasanzwe. Indirimbo ye yise ‘Let Me Be’ ubu ni yo iyoboye izindi 10 zo mu njyana ya Afrobeat zumvwa cyane ku rubuga rwa Billboard muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuhigo utari usanzwe ugerwaho n’abahanzi bakiri bato mu […]
huriro AFC/M23 ryatangaje ko rikomeje kwakira amakuru rivuga ko hari ibitero byagabwe mu bice bitandukanye byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaba byaragize ingaruka ku baturage n’amatungo yabo. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’iri huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, mu rukerera rwo ku Cyumweru tariki ya 03 Gicurasi 2026, ngo habaye igitero mu […]
Ku wa 3 Gicurasi 2026, inkuba yakubise abantu babiri bo mu Karere ka Burera, ibahitana mu mirenge ya Rwerere na Cyeru. Umwe wari ufite imyaka 39, utuye mu Murenge wa Rwerere, yakubiswe n’inkuba ari mu nzu hamwe n’umuryango we, asiga umugore n’abana bane. Undi wari ufite imyaka 56 wo mu Murenge wa Cyeru, inkuba yamukubise […]
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho agaragaza itsinda ry’abantu biyita “Abatowe” ryimitse umuntu ryise Papa mushya mu Rwanda, ibintu byateje impaka n’urujijo mu bakirisitu no muri sosiyete nyarwanda. Uwo witwa Harerimana Faustin ni we wahawe izina rya Papa muri uwo muhango, aho yambitswe inkoni y’ubushumba, ahabwa umusaraba ndetse na Bibiliya, nk’ibimenyetso by’ubuyobozi bw’iyobokamana. […]
Nkuko tubikesha ikinyamakuru 433 iyi ni imikino myiza yabayeho muri iki kinyejana cya 21 hashingiwe kuko imikino yagenze umwe kurumwe ndetse ningano yabari bayikuri nibyavuye muri buri mukino Ni imikino yiganje iya UEFA Champions league bisanzwe bizwiko iba irimo ishyaka ryinshi ndetse hagaragaramo nimikino yigikombe cy’isi mumyaka itandukanye ndetse hagaragaramo nimikino ya UEFA Europa league […]
Umunyemari ukize kurusha abandi muri Afurika, Aliko Dangote, yashimye icyemezo cya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, cyo guhagarika kohereza hanze amabuye adatunganije, aniyemeza kubaka uruganda runini rutunganya peteroli (refinery) mu mujyi wa Tanga muri Tanzania. Ibi Dangote yabitangaje mu nama ya Africa We Build Summit 2026 yabereye i Nairobi kuri uyu wa Kane, aho yashimye […]
Abahagarariye Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda bahuriye mu nama ya Komisiyo Ihoraho Ihuriweho (JPC) iri kubera mu mujyi wa Kampala, aho bagaragaje ubushake bwo gukomeza guteza imbere umubano mwiza ushingiye ku buvandimwe hagati y’ibihugu byombi. Iyi nama ibaye ku nshuro ya 12, ikaba iri kubera muri Mestil Hotel, yitabiriwe […]
Mbabazi Norbert w’imyaka 46, ukomoka mu Karere ka Huye, yasoreje urugendo rw’iminsi 10 n’amaguru rw’ibilometero 320, aho yazengurukaga uturere umunani tw’Intara y’Amajyepfo, mu rwego rwo kwibuka inzira ndende Abatutsi benshi banyujijwemo bajyanwa kwicwa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uru rugendo rwabaye mu gihe u Rwanda ruri mu minsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya […]
Uwari umuyobozi w’ishuri ribanza rya Rubira II mu Murenge wa Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare yirukanwe mu kazi azira kwiba ibiryo bigenewe abanyeshuri akabigurisha mu gihe yiteguraga kwakira ibindi bizakoreshwa mu gihembwe cya gatatu. Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare buvuga ko uyu muyobozi w’ishuri yari yarasigaranye ibiro 460 by’ibiribwa bitakoreshejwe mu gihembwe cya Kabiri. Mu gihe […]
Mu Karere ka Karongi haravugwa inkuru y’umugabo watawe muri yombi, akekwaho icyaha cyo kwica mukuru we, nyuma yo kutumvikana k’uzahabwa inkuracyobo yo gushyingura nyina umunsi azaba yapfuye. Uwatawe muri yombi ni Niyomugabo Pacifique wo muri aka karere, mu Mudugudu wa Gakomeye, Akagari ka Bubazi, Umurenge wa Rubengera akurikiranyweho kwica Ntirenganya Callixte w’imyaka 46 bavukana Inkuracyobo […]
