Abanyeshuri umunani bakomoka muri Sudani y’Epfo bari basanzwe biga muri INES Ruhengeri birukanywe ku butaka bw’u Rwanda nyuma y’uko iperereza ryakozwe n’inzego zibishinzwe ribahuza n’ibikorwa bihungabanya umutekano. Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agaragaza ko aba banyeshuri bakekwagaho ibikorwa birimo gukorera urugomo abatwara moto, gutera ubwoba abaturage ndetse no gutwara intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Nyuma […]
Ku Cyasemakamba ubu ni mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Ngoma,Umurenge wa Kibungo, Akagari ka Cyasemakamba, Umudugudu waKiruhura, ahahoze ari mu Gisaka cy’Igihunya. Ni hafi y’amasanganoy’umuhanda munini Kigali-Rusumo n’umuhanda werekeza mu mujyi waKibungo. Aha havugwa kuba haratuye umutware wo mu Basa witwagaSemakamba mwene Shumbusho ya Vuningoma ya Rwasa. Semakambayabayeho ku ngoma y’Umwami Mutara II Rwogera ndetse […]
Urukiko Rukuru, urugereko rwa Kigali, ruteganya kuburanisha urubanza rwa Victoire Ingabire ku wa 15 Kamena. Ingabire akurikiranweho icyaha cyo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda, nyuma yo gutabwa muri yombi muri Kamena 2025. Muri uru rubanza, Victoire Ingabire arareganwa n’abandi bantu umunani barimo Sibomana Sylvain, Hagenimana Hamad, Rucubanganya Alexis, Ndayishimiye Jean Claude, Masengesho Emmanuel, Nahimana […]
Nyirabagande Drocelle Fridaus ’Langwida’ wamenyekanye cyane binyuze mu ikinamico Urunana yo kuri Radiyo Rwanda yakinagamo, yitabye Imana azize uburwayi. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 7 Kamena 2026. Yemejwe na Urunana Development Communication bakoranaga ndetse n’ubuyobozi bw’Umudugudu wa Itetero mu Murenge wa Nyamirambo aho yari atuye. Umwe mu bantu […]
Umunyamakuru akaba numu Dj Philpeter yagize ibyo atangaza kubyo umunyamakuru mugenzi we akaba n’umuhanzi Nyarwaya Innocent wamamaye nka Yago Pondat yamutangajeho mubihe bitandukanye Mubiganiro bimaze iminsi binyuzwa kuri youtube channel ya Yago pondat yumvikanye kenshi yikoma abantu batandukanye bazwi mu myidagaduro yo m’Urwanda barimo Dj Brianne, Fatakumavuta na Djihad kurubu bafunze kubera ibyaha bitandukanye bahamijwe […]
Inkuru ya Isaac Wright Jr. ni kimwe mu bimenyetso bikomeye byerekana ko kwihangana, ubwenge, no gushaka ubutabera bishobora guhindura ubuzima, ndetse n’igihe umuntu afunzwe arengana. Igifungo cy’akarengane mu mwaka wa 1991, Isaac Wright Jr. yari umuproducer w’umuziki utuye muri New Jersey, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ubuzima bwe bwahindutse akaga ubwo yafatwaga agashinjwa kuba […]
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko ibizamini ngiro bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 bitangizwa ku mugaragaro kuri uyu wa 3 Kamena 2026, bikazarangira ku wa 22 Kamena 2026. Ni ibizamini bifatwa nk’inkingi ikomeye mu guteza imbere ireme ry’uburezi bushingiye ku bushobozi n’ubumenyi ngiro, aho abanyeshuri basabwa […]
Umushinga Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro ku wa Gatanu, tariki 29 Gicurasi 2026, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukorera ibikorwa binyuranye mu Karere ka Gicumbi. Uyu mushinga ushamikiye kuri Minisiteri y’Ibidukikije wageze mu mirenge 9 kuri 21, mu bikorwa byo kubungabunga icyogogo cy’Umuvumba cyari cyarangiritse kandi ari cyo gifatiye runini […]
Yari yamaze kugurwa ngo itangweho igitambo mu birori bikuru bya Eid al-Adha, ariko urumuri rw’ubwamanare n’itandukaniro ry’imiterere byatumye isubizwa mu buzima. Imbogo y’indatwa y’izera (albino) yo mu gihugu cya Bangladesh, yaje guhabwa izina rya “Donald Trump” kubera agasatsi k’umuhondo kayo gatunganye mu mutwe, ntabwo ikibazwe nyuma y’aho inzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu zifatiye icyemezo cyo kuyihagararira […]
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda nshya yiswe Resilience in Secondary Education (RISE Rwanda), igamije guha amahirwe ya kabiri urubyiruko rwacikirije amashuri yisumbuye kugira ngo rubashe kubona impamyabumenyi ihwanye n’iy’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A2 Equivalent Certificate). Iyi gahunda igenewe urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 35 rwacikirije amashuri yisumbuye, aho ruzahabwa amahirwe yo kongera kwiga hakoreshejwe […]
