Mu cyumweru cya kabiri cya Gicurasi 2026, Umujyi wa Kigali wongeye kugaragaza ko ari wo mutima w’ibiganiro bigamije impinduka muri Afurika. Ku wa Gatatu tariki ya 13 Gicurasi, Village Urugwiro yakiriye Abakuru b’Ibihugu batandukanye baje kwitabira inama ya Africa CEO Forum.Iyi nama yatangiye mu 2012 ibaye ku nshuro ya 13, ikaba itegurwa na Groupe Jeune […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kuvuga ku mugambi wo kwagura Amerika, aho kuri ubu yavuze ko yifuza ko Venezuela yaba Leta ya 51 igize iki gihugu. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Fox News, John Roberts, ku wa 11 Gicurasi 2026. Trump yavuze ko Venezuela ari igihugu gifite umutungo […]
Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bikomeje ibikorwa by’ iminsi 100 yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umuryango Fruits of Love (Imbuto z’urukundo) n’inshuti zawo bakoze ibikorwa byo kwifatanya n’Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka, banakora ibikorwa by’urukundo no gufasha abarokotse Jenoside. Fruits of Love ni Umuryango w’iyobokamana ariko udashingiye […]
Mubihembo bya UNFP (Union Nationale des Footballeurs Professionels) byatanzwe kumugoroba wo kuwa 11 Gicurasi 2026 bwa mbere mumateka ya Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa na Real Madrid, Kylian Mpappe yabuze igihembo na kimwe mubihembo bya UNFP. Ni ibihembo bihabwa abakinnyi ndetse nabatoza bitwaye muri Champion y’Ubufaransa Ligue 1 ndetse nabakinnyi babafaransa bakina hanze yigihugu mumwaka w’imikino. […]
Perezida Kagame Paul yitabiriye Inama ku Iterambere ry’Ahazaza ha Afurika izwi nka Africa Forward Summit, iri kubera i Nairobi muri Kenya. Iyo nama y’iminsi ibiri yatangiye kuri uyu wa Mbere, ikaba ihuriyemo abayobozi bakuru b’ibihugu bya Afurika, abashoramari n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga. Insanganyamatsiko y’iyi nama igira iti “Innovation and Growth”, bisobanuye guhanga udushya no guteza imbere ubukungu. […]
Imyitwarire mibi iracyari imbogamizi ku mukinnyi w’Umunyarwanda Byiringiro Lague, nyuma yo gutangaza ko atazongera gukina muri shampiyona y’u Rwanda kubera ko atayibona ku rwego yifuza gukinaho Mu kiganiro Sunday Choice Live gica ku Isibo TV cyo kuri iki Cyumweru, BYIRINGIRO Lague yavuze ko yahagaritswe na Police FC arengana, kuko ngo yari yaramenyesheje ubuyobozi bw’ikipe ko […]
Abakoresha Instagram hirya no hino ku isi bazindutse babona igihombo gikomeye cy’ababayoboke (Followers) bagiye overnight Abantu bamaze kubura abafollowers benshi hano mu Rwanda harimo Mutesi Jolly ndetse na Shaddyboo…bamaze kubura abarenga ibihumbi ijana (100k) Shaddyboo wari usanzwe ukurikirwa n’abagera kuri miliyoni 1.2M followers , kuri ubu ageze kuri miliyoni 1.1M followers ni mugihe Mutesi Jolly […]
Umuhanzikazi wo mugihugu cyabaturanyi cy’Uburundi Monia Fleur yateye utwatsi ibyo gutandukana numuhanzi akaba n’umukunzi we Lino G, nyuma y’iminsi bivugwa cyane cyane kumbuga nkoranyambaga Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Landry, Monia yashimangiye ko agikundana na Lino G, nta kibazo bafitanye ndetse hari n’imishinga itandukanye bari gutegurira abakunzi babo. Inkuru zo gutandukana kwabo zatangiye kuvugwa mu minsi […]
Abanyeshuri babiri b’abakobwa bigaga mu ishuri rya EAV Gitwe riherereye mu Karere ka Ngoma, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukubita umukoropesho mu mutwe, ushinzwe imyitwarire y’abakobwa, bamuziza ko yabareze ku babyeyi babo ko bitwara nabi ku ishuri. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira ku wa Kane tariki 7 Gicurasi 2026, […]
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko Karasira Aimable Uzaramba, wari uzwi nka “Prof Nigga”, yapfuye mu ijoro ryo ku wa 6 Gicurasi 2026, mbere y’amasaha make ngo afungurwe nyuma yo kurangiza igihano yari yarakatiwe. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RCS, Sengabo Hillary, yagize ati ”Karasira yafashe imiti yari asanzwe anywa mu rwego rwo kuvura uburwayi […]
