Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Werurwe 2026, ku mbuga nkoranyambaga, inkuru yakwirakwijwe cyane, cyane cyane n’abasanzwe bavuga nabi u Rwanda, ko ngo u Rwanda rwohereje abantu bo kwica Denise Nyakéru Tshisekedi, uri i Washinton DC muri Leta Zunze Ubumwe za America. Abakwirakwizaga aya makuru y’ibihuha, bavuga ko ngo hari abantu babiri […]
Kumbuga nkoranyamabaga hari gucicikana inkuru y’umusore wigaga mu mwaka wa mbere wa kaminuza mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya RP TUMBA n’umukobwa bombi basanzwe bapfuye mu nzu uyu musore yabagamo, aya makuru akaba yamenyekanye kuwa 24 werurwe 2026. Abatanze aya makuru batabaza bavuga ko basanze uyu musore amanitse mu nzitiramibu naho umurambo w’umukobwa wo […]
Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Werurwe 2026 Banki Nkuru y’Igihugu-BNR yatangaje ko hari inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa burundu, nyuma y’icyemezo cyafashwe hashingiwe ku iteka rya Perezida No 11/01 ryo ku wa 27 Gashyantare 2026. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Guverineri wa BNR, Soraya M. Hakuziyaremye, hagaragajwe ko izi noti zizahagarikwa ku […]
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kugaragara amashusho y’itsinda ry’Abanyarwanda rizwi nka Abapansiyone, rikurura benshi kubera uburyo baryoherwa no kubyina indirimbo za kera zizwi nka “karahanyuze”, bambaye imyambaro ijyanye n’igihe cya kera cyane cyane mu myaka ya 1980. Abakurikirana ibikorwa by’iri tsinda bavuga ko ribibutsa ibihe byahise, by’umwihariko ku bantu bakuze bageze mu myaka […]
Urukiko rwo muri Leta ya California, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwafashe icyemezo ku rubanza ruregwamo Bill Cosby, ruvuga ko ahamwa n’icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina cyakorewe Donna Motsinger mu mwaka wa 1972. Ibi byemejwe hashingiwe ku byatangajwe n’ubuyobozi bw’urukiko. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 23 Werurwe 2026, aho urukiko rwategetse Cosby kwishyura Motsinger […]
Perezida Paul Kagame yanenze bikabije abayobozi batuzuza inshinganozabo baba barahawe mu nzego zitandukanye, avuga ko babiterwa n’imico mibi kandi ko iyo yiganjemo ubwirasi nubwo baba babikora ntacyo bishingikirije. Yabigarutseho ubwo yasozaga Inama Nyunguranabitekerezo y’Abayobozi b’Inzego bwite za Leta n’inzego z’ibanze yabereye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako. Yitabiriwe n’abayobozi b’uturere, ba minisitiri batandukanye n’abandi. […]
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko imvura nyinshi imaze iminsi igwa yatumye umuhanda wa Muhanga-Ngororero-Mukamira ufungwa by’agateganyo iboneraho no gutangaza indi mihanda iba ikreshwa mu gihe uyu wabaye ufunzwe. Ni amakuru Polisi yatangajwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, ibinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa X. Polisi y’Igihugu yasabye abakoresha uyu muhanda kwifashisha izindi nzira ndetse […]
Mu ijoro ryo kuwa 20 rishyira kuwa 21 werurwe 2026 imvura nyinshi yaguye mu Karere ka Huye yasenye ikiraro cyo mu kirere gihuza Akagari ka Gasumba ko mu Murenge wa Maraba n’Akagari ka Karambi mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye, cyari cyarubakishijwe ingengo y’imari ya miliyoni 59 Frw. Iki kiraro cyasenyutse cyari cyubatse […]
Ikipe ya Manchester City yegukanye igikombe cya mbere mu gihugu muri uyu mwaka wa shampiyona, itsinze Arsenal ibitego 2-0 ku mukino wa nyuma wa Carabao Cup wabereye kuri Wembley Stadium. Umukinnyi witwaye neza muri uyu mukino yabaye Nico O’Reilly watsinze ibitego byombi mu minota ine gusa mu gice cya kabiri, ibintu byahesheje iyi kipe intsinzi […]
Kuri uyu wa 20 werurwe nibwo inkuru y’inca mugongo yumvikanye ko umuhanzi w’umuhanga Muzehe Ngombwa Timothy Inyamibwa y’abakunze u Rwanda kugera no mu masaziro, Rwema rw’umutwe ingenzi yatumeneye, Rutaramanaguhiga, Ingeri yasumbye inkiko, Mihigo itarambira abahungu, Minega icyaha induru, isata ishoka bagasamara; aratabarutse. Amakuru avuga ko umuvandimwe we Theodore ari we wemeje urupfu rwe munijoro ryo […]
