Abanyeshuri bagera ku 74,085 bagiye gutangira ibizamini bya Leta muri practice 2025/2026

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yatangaje ko ibizamini ngiro bya Leta by’umwaka w’amashuri wa 2025/2026 bitangizwa ku mugaragaro kuri uyu wa 3 Kamena 2026, bikazarangira ku wa 22 Kamena 2026. Ni ibizamini bifatwa nk’inkingi ikomeye mu guteza imbere ireme ry’uburezi bushingiye ku bushobozi n’ubumenyi ngiro, aho abanyeshuri basabwa […]

Umushinga wa green Gicumbi wasoje urugendo rw’imyaka 6 wakoreraga mukarere ka Gicumbi

Umushinga Green Gicumbi wita ku bidukikije wasoje imirimo yawo ku mugaragaro ku wa Gatanu, tariki 29 Gicurasi 2026, nyuma y’imyaka 6 wari umaze ukorera ibikorwa binyuranye mu Karere ka Gicumbi. Uyu mushinga ushamikiye kuri Minisiteri y’Ibidukikije wageze mu mirenge 9 kuri 21, mu bikorwa byo kubungabunga icyogogo cy’Umuvumba cyari cyarangiritse kandi ari cyo gifatiye runini […]

Akabyiniriro ka ‘Donald Trump’ Kagizwe Umutamenwa: Uko Imbogo y’Indatwa Yarokotse Icyuma mu Birori bya Eid

Yari yamaze kugurwa ngo itangweho igitambo mu birori bikuru bya Eid al-Adha, ariko urumuri rw’ubwamanare n’itandukaniro ry’imiterere byatumye isubizwa mu buzima. Imbogo y’indatwa y’izera (albino) yo mu gihugu cya Bangladesh, yaje guhabwa izina rya “Donald Trump” kubera agasatsi k’umuhondo kayo gatunganye mu mutwe, ntabwo ikibazwe nyuma y’aho inzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu zifatiye icyemezo cyo kuyihagararira […]

MINEDUC yashyizeho gahunda izafasha urubyiruko rutasoje ayisumbuye kubona impamyabumenyi ya A2

Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda nshya yiswe Resilience in Secondary Education (RISE Rwanda), igamije guha amahirwe ya kabiri urubyiruko rwacikirije amashuri yisumbuye kugira ngo rubashe kubona impamyabumenyi ihwanye n’iy’icyiciro cya kabiri cy’amashuri yisumbuye (A2 Equivalent Certificate). Iyi gahunda igenewe urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 35 rwacikirije amashuri yisumbuye, aho ruzahabwa amahirwe yo kongera kwiga hakoreshejwe […]

Ibiciro bya peteroli byagabanyutseho 6%

Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse ku kigero kiri hafi ya 6%, nyuma y’uko hagaragaye ibimenyetso byerekana ko ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bishobora kuganisha ku masezerano yo kugabanya amakimbirane amaze igihe hagati y’impande zombi. Amakuru y’ubucuruzi agaragaza ko igiciro cya peteroli yo mu bwoko bwa Brent cyamanutseho hafi […]

Bizagenda gute nyuma yuko BNR yongereye urwunguko kunguzanyo ?

Kumunsi wejo Banki nkuru y’igihugu BNR yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo (interest rate) ho 1% ruva kuri 7.25% rugera ku 8.25% ibi byakozwe mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko (inflation) ukomeje kwiyongera Izi ngamba zifashwe nyuma yuko bigaragaye ko ibiciro byazamutse bigera kukigero cya 13% bivuye ku 9.2% cyariho mukwezi gushize Abahanga […]

Abanyamakuru benshi mu Rwanda bafite amashuri menshi ariko bahembwa make

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) bwagaragaje ko nubwo abanyamakuru benshi bafite amashuri makuru, imibereho yabo ikomeje kuba ikibazo gikomeye kubera imishahara mike n’akazi kadahoraho. Raporo ya 2026 Rwanda Media Sector Mapping yerekanye ko abarenga 78% by’abakora umwuga w’itangazamakuru bafite nibura impamyabumenyi ya kaminuza, mu gihe hafi kimwe cya kabiri cyabo bize amasomo […]

Abofisiye bato 146 binjijwe Murwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora mumuhango wabereye i Rwamagana

Mu Ishuri ry’Amahugurwa ry’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora riri i Rwamagana [RCS Training School] kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2022 habereye umuhango wo gusoza amahugurwa y’abofisiye bato 146 binjiye muri uru rwego. Ni abanyamwuga bamaze igihe bahugurwa, bahabwa amasomo azabafasha kuzakora neza inshingano zitandukanye bazahabwa na RCS. Ni umuhango witabiriwe na Minisitiri w’Umutekano […]

BNR yazamuye urwunguko rwayo rugera kuri 8,25%

Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 7,25% rugera kuri 8,25%, mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko ukomeje kwiyongera. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko imibare yagaragaje ko ibiciro ku masoko byakomeje kuzamuka birenze imbago zisanzwe zigenwa na BNR hagati ya 2% na 8%. Mu kwezi kwa Mata 2026, izamuka […]

Emma Claudine yibasiwe na BTN TV isaba ko yibutswa inshingano ze ku mwanya ari ho

Ikinyamakuru BTN TV cyatangaje ko kimaze igihe gihura n’imbogamizi mu kubona amakuru atangwa n’Umujyi wa Kigali, gisaba inzego zitandukanye kwibutsa Umuvugizi w’uyu mujyi, Emma Claudine, inshingano zo gutanga amakuru ku bitangazamakuru. Mu butumwa cyashyize ku rubuga nkoranyambaga X, BTN TV yavuze ko hari inkuru nyinshi cyagiye gishaka gutangaho ibisobanuro biturutse ku buyobozi bw’Umujyi wa Kigali, […]