Ese Bruce Melody Yaba agiye gutandukana na Coach Gael?

Umushoramari Coach Gael (Karomba Gael), washinze inzu ifasha abahanzi ya 1:55AM, yatangaje ku mugaragaro ko amasezerano y’imyaka itanu yari afitanye n’umuhanzi Bruce Melodie arimo kugana ku musozo, gusa ashimangira ko impande zombi ziri mu ibiganiro byo kureba niba yarusheho kongerwa. Ibi Coach Gael yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru, aho yakuyeho urujijo ku bihuha bimaze iminsi bijyanye […]

inseko nziza, mukanwa heza ntago babivukana ahubwo barabirema, dore uburyo bwo kwita ku mwana akazakura afite mu kanwa heza

Inseko nziza ntabwo iza umuntu akuze. Itangirira ku myitwarire n’uburere umwana ahabwa kuva akiri muto, ndetse mbere y’uko iryinyo rye rya mbere rimera mu kanwa. Ubuzima bwo mu kanwa ni igice cy’ingenzi mu buzima bw’umuntu, kandi ibibazo by’amenyo ni bimwe mu bibazo by’ubuzima bikunze kugaragara ku isi. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) rivuga […]

Umuyobozi mukuru wa FDA na bagenzi be 17 batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa Kane, itariki 13 Kanama 2026, rweretse itangazamakuru abantu 18 barimo Prof. Emile Bienvenu, wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuziranenge bw’Imiti n’Ibiribwa (Rwanda FDA), bakurikiranweho ibyaha bitandukanye bifitanye isano n’uburangare n’amakosa mu micungire y’ubuziranenge cyane cyane bw’ibinyobwa. Mu berekanywe na RIB, harimo abakozi 10 bakorera mu kigo cya […]

Izamuka ry’ibiciro by’inyama mu Rwanda,Minisiteri y’Ubuhinzi itanga icyizere ku cyorezo cy’ubuganga

Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Telesphore Ndabamenye yagaragaje ko igihugu cyafashe ingamba zo gukingira amatungo indwara y’uburenge bityo bizatuma inyama zongera kuboneka ku isoko ndetse n’ibiciro byazo bikagabanyuka. Mu gihe gito gishize, amasoko y’inyama mu Rwanda yaguye mu mazi abira kuko igiciro cy’ikiro cy’inyama cyane cyane iz’inka aho cyatumbagiye mu buryo butandukanye n’ubusanzwe. Ibi bikaba biterwa […]

RDF: Basoje amahugurwa adasanzwe yatanzwe n’Ingabo za Qatar

Abofisiye 146 ndetse n’abasirikari bato mu ishami rishinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police) muri RDF, basoje amahugurwa y’ibyumweru birindwi yari amaze iminsi abera mu Rwanda, asiga ahaye aba bose ubushobozi n’ubunyamwuga buhanitse. Ibirori byo gusoza aya mahugurwa byabaye ku wa 11 Kanama 2026, bikaba byayobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga. Iki […]

Dore impamvu nyamukuru zatumye Guverinoma ihagarika inzoga zizwi nk’ “Ibyuma”

kigo cy’Igihugu Gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyasobanuye impamvu zashingiweho hafatwa icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’inganda 109 zakoraga ibinyobwa bisindisha, birimo n’inzoga zizwi cyane ku izina ry’ “Ibyuma”, ndetse gitegeka ko ibinyobwa byose byakorewe muri izo nganda bikurwa ku isoko. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA), cyafashwe mu rwego […]

Washington: Inkongi ikomeje kwibasira Spokane, ibikorwa by’ubutabazi birakomeje

Abantu barenga ibihumbi 65 bamaze kuva mu byabo nyuma y’inkongi y’umuriro ikomeye yibasiye Umujyi wa Spokane, uherereye muri Leta ya Washington, mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iyi nkongi imaze gutwika inyubako amagana ndetse hari nibindi byangiritse bikomeye. Iyi nkongi yiswe Old Trails Fire yatangiye ku wa Gatandatu, tariki ya 1 […]

Babeshywaga akazi keza! Menya uko Abanyarwanda 289 bari bagiye gucuruzwa mu mahanga batabawe

Minisitiri w’Ubutabera Dr. Ugirashebuja Emmanuel yatangaje ko mu mwaka wa 2025 u Rwanda rwagaruye abantu 289 bari bagiye gucuruzwa mu bihugu bitandukanye byo ku Isi. Yabitangaje kuri uyu wa Kane, mu kiganiro yagiranye n’Abasenateri bagize Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Umutekano ku ngamba zo guhangana n’ibyaha by’icuruzwa ry’abantu. Muri iki kiganiro kigamije kurebera hamwe ingamba […]