Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo kubera imyiteguro ya FIFA Series 2026

Kubera imyiteguro y’irushanwa ritegurwa na FIFA rizwi nka FIFA Series 2026, Stade Amahoro yafunzwe by’agateganyo kugira ngo ibanze itunganywe. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi Mukuru wa Rwanda Premier League, Jules Karangwa, ubwo yasobanuraga impamvu habayeho impinduka mu mikino imwe n’imwe ya shampiyona. Mu kiganiro yagiranye na RBA, Karangwa yavuze ko iki kibuga kitari mu bikoreshwa muri iki […]

Abageni bacumbikiwe mu biro by’akagali nyuma y’ubukwe bwabo babuze aho kuba

Ibi byabaye kuri uyu wa 12 Gashyantare 2026 nyuma y’uko Umusore yabeshye umukobwa ko afite aho bazabana bakiyemeza kujya gukora ubukwe maze nyuma y’ubukwe bakabura aho bataha. Amakuru avuga ko ubu bukwe bwabereye mu karere ka kamonyi, iwabo w’umukobwa aho avuka umusore we akaba akomoka mu karere ka Ruhango ariko akaba yarasanzwe yibera mu mugi […]

Libya: Nyuma y’imyaka 16 ishize Umucuruzi yatunguwe no kwakira telefoni za Nokia yari yaratumije muri 2010

Umucuruzi wa matelefoni zigendanwa ukorera mu Mujyi wa Tripoli muri Libya yatunguwe no kwakira umuzigo wa matelefoni mato ya Nokia azwi nka push-button cyangwa matushe, yari yaratumije mu mwaka wa 2010, hashize imyaka 16 yose. Iyi nkuru igaragaza mu buryo bugaragara ingaruka z’imvururu n’intambara byibasiye Libya mu myaka irenga 15 ishize, bikangiza bikomeye ubwikorezi n’imikorere […]

MU CYARO HARI BENSHI BATAGIRA IMYENDA Y’IMBERE: DR ANICET ASOBANURA AKAMARO K’ISUKU MU GIHE CY’IMIHANGO

Mu Rwanda, cyane cyane mu byaro, haracyagaragara ibibazo bikomeye bijyanye n’isuku y’abagore n’abakobwa mu gihe cy’imihango. Kimwe mu bibazo bikunze kugarukwaho n’abaganga n’impuguke mu by’ubuzima ni ukutagira imyenda y’imbere iboneye, bikaba bishobora gutera indwara zitandukanye n’ingaruka ku buzima bw’imyororokere.Dr Anicet, umuganga w’inzobere mu buzima rusange, agaragaza ko iki kibazo kidakwiye gufatwa nk’ikintu gito, kuko gifitanye […]

Dore impamvu urubyiruko rutacyikoza ibyo gukoresha agakingirizo

Mu bihe bya vuba, imibonano mpuzabitsina kuri bamwe mu rubyiruko igenda ifatwa nk’ikintu gisanzwe kidatekerezwaho ingaruka z’igihe kirekire. Bamwe mu rubyiruko bavuga ko badakoresha agakingirizo kubera impamvu zitandukanye zirimo kumva ko kagabanya uburyo bwo kwishimira imibonano mpuzabitsina cyangwa kakabagora mu mubiri. Mu kiganiro bamwe mu basore n’inkumi batuye mu Mujyi wa Kigali bagiranye n’umunyamakuru ku […]