Isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda 2026 ryatangiye kuri iki Cyumweru, hakinwe agace karyo ka mbere ka Rukomo- Rwamagana, ku ntera y’ibirometero 173,6, aka gace ari na ko kanini mu tugize iri siganwa katangiye ku isaha ya saa Tanu. Tour du Rwanda 2026 irikuba kunshuro ya 18 yitabiriwe namakipe 18 agizwe nabanyonzi 84, 51 muribo […]
Kimenyi Yves wabaye umunyezamu w’amakipe atandukanye arimo ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yasezeye gukina ruhago nk’uwabigize umwuga afite imyaka 34 nyuma y’imyaka irenga ibiri adakina kubera imvune ikomeye yagize. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Gashyantare 2026 ni bwo Kimenyi Yves abinyujije kuri konti ye ya Instagram yatangaje ko asezeye ruhago, yavuze ko urugendo […]
Ishimwe Pierre umuzamu w’ikipe ya APR FC akomeje kubabaza abakunzi b’iyi kipe kubera imvune ye itunguranye. Amakuru y’imvune uyu musore yatangajwe mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gashyantare 2026 aho uyu munyezamu ashobora kumara igihe kigera ku mezi abiri cyangwa atatu atagaragara mu kibuga kubera imvune yamusigiye ikibazo mu mitsi […]
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yasinyishije amasezerano mashya umukinnyi wayo wumu winger, Bukayo Saka, w’imyaka 24 y’amavuko, aya masezerano mashya aje nyuma y’iminsi havugwa inkuru z’uko ibiganiro byari biri hafi kurangira hagati y’impande zombi, Saka, usanzwe akinira n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yiyemeje gukomeza urugendo rwe muri iyi kipe yo mu majyaruguru ya London, ahamya ko […]
Ku wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026 ni bwo habaye inama nyunguranabitekerezo yahuje urwego rw’abanyamakuru bigenzura RMC, abahagarariye ishyirahamwe ry’Abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR), abashinzwe porogaramu z’ibiganiro ku bitangazamakuru n’abanyamakuru bakora ibiganiro bya siporo. Iyi nama nyunguranabitekerezo yabaye ejo hashize ku wa Gatatu tariki ya 18 Gashyantare 2026 ibera ku cyicaro cya RMC […]
Al-Merrikh yatsinze Al Hilal SC ibitego 2-0 mu mukino w’ikirarane w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda, yongera kubona intsinzi nyuma y’imikino itandatu yikurikiranya idatsinda muri Shampiyona. Uyu mukino w’ishiraniro hagati y’aya makipe y’abakeba bo muri Sudani wabereye kuri Stade Amahoro ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Gashyantare 2026. Ni umukino […]
Ku Cyumweru tariki 16 Gashyantare 2026 habay NBA All-Star Game kunshuro ya 75, umukino wanyuma wabereye muri Intuit Dome muri leta ya California, ikipe ya USA Stars yatsinze USA Stripes amanota 47-21 yegukana igikombe, mu gihe Anthony Edwards yahawe igihembo cya Kobe Bryant MVP. Uyu mukino wari mwisura nshya kubera imiterere mishya yashyizweho na NBA, […]
Ikipe ya Arsenal ku Cyumweru tariki 15 Gashyantare yatsinze byoroshye Wigan Athletic ibitego 4-0 mu mukino w’icyiciro cya kane cya FA Cup wabereye kuri Stade ya Emirates, Wigan isanzwe ikina mu cyiciro cya gatatu m’Ubwongereza aricyo bita League One. Mu minota 27 ya mbere gusa, Arsenal yari yamaze gusoza umukino n’ibitego 4 byinjijwe na Noni […]
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Gashyantare habaye umukino wa CAF Champions League wahuje AL Hilal yo muri Sudan ariko ikinira mu Rwanda na FC Saint Eloi Lupopo kuri Amahoro stadium saa 15:00. Al Hilal SC yagiye gukina uyu mukino isabwa gutsinda cyangwa kunganya kugira ngo igere muri 1/4 cy’iri rushanwa Nyafurika ku nshuro ya […]
Umunyamakuru wa Siporo kuri RBA, Rugaju Reagan, yatangaje ko hari igihe azashyira hanze amakuru yose azi kuri Musangamfura Christian uzwi nka Lorenzo bakoranye, ashimangira ko hari byinshi bitarajya ku mugaragaro ku mikoranire yabo n’ibyabereye mu kazi. Ibi Reagan yabivuze mu kiganiro cyanyuze kuri Instagram Live, aho yasubizaga ku makuru amaze iminsi acicikana ku mibanire ye […]
