Rutamu Elie Joe na Rugimbana bagiye kongera guhurira mu biganiro bya siporo

Abakunzi b’ibiganiro bya siporo bakurikiraga cyane Rugimbana Théogène na Rutamu Elie Joe mu kiganiro Trace Foot cyatambukaga kuri Radio1, bongeye guhabwa inkuru nziza y’uko aba banyamakuru bagiye kongera gukorana. Aba bagabo bombi bagiye gusubukura ibiganiro bya siporo bahuriramo nkuko byahoze mbere, ariko kuri iyi nshuro bikazajya bitambuka ako kanya (Live) hifashishijwe imbuga nkoranyambaga zitandukanye. Mu […]

NGABO Roben yasezeye kuri Rayon Sports nyuma y’imyaka 6 bakorana

Kuri uyu wa Kabiri tariki 11 Gashyantare NGABO Roben wari Communication Manager yatangaje ku mugaragaro ko yamaze gutandukana na Rayon sports, nkuko yabitangaje kurubuga rwe rwa X yahoze ari twitter. Itangazo NGABO yashyize hanze riragaragaza urugendo yakoranye nikipe ya Rayon Sports mu gihe cy’imyaka 6 n’uruhare rwe muguteza imbere itumanaho n’imbuga nkoranyambaga by’iyi kipe. Ngabo […]

Umukino wa APR FC na Al Hilal SC ntukibereye ku Mahoro wimuriwe kuri Kigali Pelé Stadium

Umukino w’ikirarane cy’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda wagombaga guhuza APR FC na Al Hilal SC wahinduriwe ikibuga n’isaha ugomba kuberaho, bitewe n’ikibazo cy’amashanyarazi kimaze iminsi kigaragara kuri Stade Amahoro. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 9 Gashyantare 2026, Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwatangaje […]

Niyo David umunyarwanda ukiri muto Agiye gusinyira ikipe ikomeye i burayi

Nyuma yo gusoza neza igeragezwa , ikipe yo muri Ukraine ya FC Veres Rivne yagaragaje inyota ikomeye yo gusinyisha umunyarwanda ukiri muto Niyo David, nyuma yo gushima cyane imikinire ye n’uburyo yiyerekanye. Imikinire ye myiza yatumye amakipe menshi amwifuza, cyane cyane ayo ku mugabane w’u Burayi, ikipe ya NK Veres Rivne yamuhamagaye mu igeragezwa rizamara […]

Amakipe 12, intego imwe! Isonga Intercenter Competitions ryateguwe na minisiteri ya siporo

Ku matariki ya 7–8 Gashyantare, mu kigo k’ishuri Collège Christ Roi, giherereye mu karere ka Nyanza, hari kubera irushanwa rya Isonga Intercenter Competitions ryateguwe na minisiteri ya siporo k’ubufatanye na leta y’ubufaransa ibicishije mukigega Agence Francaise de Developpement. Iri rushanwa rizitabirwa n’amakipe atandatu y’abakobwa ndetse n’amakipe atandatu y’abahungu, yose ahatanira imyanya ya mbere no kugaragaza […]

Gorilla FC yatsinze Rutsiro FC ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 19 wa shampiyona

Kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Gashyantare 2026 habaye umukino w’umunsi wa 19 wa Rwanda Premier League 2025-2026 wahuje Gorilla FC na Rutsiro FC, wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, saa 15:00, uyumukino wasifuwe na NGABOYISONGA Patrick. Umukino watangiye Gorilla FC ifungura amazamu kuko umukinnyi wayo Chancelor Ndombe yatsinze igitego k’umunota wa1′ w’umukino, amakipe yombi yakomeje […]

Itegeko rishya ry’Arijantina ryari gutuma Messi atemererwa gukinira igihugu cye

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Argentine (AFA) ryemeje ingamba nshya zibuza abakinnyi guhamagarwa mu makipe y’igihugu iyo bimukiye mu mahanga batarasinya amasezerano y’umwuga mu kipe yo muri Argentine. Iyi politiki igamije, Kurinda amakipe yo muri Arijantina gutakaza impano z’abakiri bato, no gushishikariza guteza imbere abakinnyi baturuka mu marerero yo mu gihugu. AFA ivuga ko iki cyemezo […]