Inzego z’umutekano mu Karere ka Rutsiro zirimo guhiga bukware umusore w’imyaka 19 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka irindwi, bikekwa ko yamushutse amuha 100 Frw. Ibi byabereye mu Murenge wa Kigeyo, Akagari ka Buhindure, mu Mudugudu wa Agaharawe, ku mugoroba wo ku wa 31 Ukuboza 2026. Aya makuru yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa Wungirije w’Umurenge wa Kigeyo, Mukaferesi Irene, […]
Umucuruzi wa matelefoni zigendanwa ukorera mu Mujyi wa Tripoli muri Libya yatunguwe no kwakira umuzigo wa matelefoni mato ya Nokia azwi nka push-button cyangwa matushe, yari yaratumije mu mwaka wa 2010, hashize imyaka 16 yose. Iyi nkuru igaragaza mu buryo bugaragara ingaruka z’imvururu n’intambara byibasiye Libya mu myaka irenga 15 ishize, bikangiza bikomeye ubwikorezi n’imikorere […]
Amakipe yacu dukunda APR FC na AS Kigali yahuye mumukino wa 1/2 w’igikombe cy’Intwari 2026 kuri uyu wa 28 Mutarama saa Cyenda z’igicamunsi kuri Kigali Pelé stadium. Nyuma y’iminsi 61 banganyije igitego 1-1 muri Rwanda Premier League, APR FC itsinze uyu mukino 3-0 Uyumukino watangiye amakipe yombi ari kwiga umukino, ananganya imbaraga arinako ashaka uburyo […]
INSHAMAKE KURI GENOCIDE Y’ABAYAHUDI (The Holocaust) Genocide yakorewe abayahudi: iri tsembabwoko ryabaye hagati ya 1938 na 1946 ubwo leta y’ubudage yari iyobowe na Adolf Hitler yafashe gahunda yo kurimbura imbaga y’abayahudi bivugwa ko abayahudi bishwe bagera kuri 6.000.000 Abayahudi bafatwaga nk’abantu b’abahanga ku isi kubera ubumenyi babaga bafite wasangaga ahantu hake ku isi. Ibyo hari nko kuba bari […]
Ku wa Mbere tariki 26 Mutarama 2025, Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa, yagiranye ikiganiro n’igitangazamkuru dukesha iyi nkuru IGIHE cyabereye i Goma, agaruka ku bikorwa byagezweho mu mwaka umwe uyu mutwe umaze ugenzura uyu mujyi, anagaragaza ko urugamba rugikomeje kugeza igihe uburenganzira bw’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buzubahirizwa byuzuye. Umwaka urihiritse uyu umutwe […]
Abakunzib’umupira w’amaguru muri Africa ndetse no ku is hose bamaze hari ukwezi kose baryoherwa n’irushanwa rikomeye ku mugabane w’Afrika, AFCON 2025 kugeza rishyizweho akadomo n’umukino wanyuma wahuje ikipe y’igihugu ya Morocco (Les Lions de l’Atlas) n’iya Senegal (Les Lions de la Téranga), umukino wasize Senegal irara neza. Uyu mukino wabaye mu mwuka wihariye, aho amakipe […]
Ikipe ya Arsenal FC yashinzwe mu 1886 mumajyepfo y’umugi wa London ahitwa woolwich n’uruganda rwacuraga intwaro. Iyikipe yashinzwe n’abari abakozi b’uruganda rwitwaga Royal arsenal rwakoraga intwaro zifashishwagwa nigisirikare cy’ubwongereza. Ntibyari ikipe gusa ahubwo byari ikimenyetso cyo guhanga udushya no gukorera hamwe. Kuki arsenal bayita the gunners? mu 1913 ikipe yimukiye mumajyaruguru y’umugi wa London, murwego […]
