Umucuruzi wa matelefoni zigendanwa ukorera mu Mujyi wa Tripoli muri Libya yatunguwe no kwakira umuzigo wa matelefoni mato ya Nokia azwi nka push-button cyangwa matushe, yari yaratumije mu mwaka wa 2010, hashize imyaka 16 yose. Iyi nkuru igaragaza mu buryo bugaragara ingaruka z’imvururu n’intambara byibasiye Libya mu myaka irenga 15 ishize, bikangiza bikomeye ubwikorezi n’imikorere […]
Umugabo w’imyaka 32 wo mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Kinazi, Akagari ka Gahana, Umudugudu wa Ruvugizo, yakubiswe n’inkuba ku wa 28 Mutarama 2026, ahita ahasiga ubuzima ubwo yari ari mu nzu iwe ari kumwe n’umugore we. Amakuru atangwa n’abo mu muryango avuga ko nyakwigendera Nshimiyimana Innocent yari yicaye mu nzu aganira n’umugore we […]
Amakipe yacu dukunda APR FC na AS Kigali yahuye mumukino wa 1/2 w’igikombe cy’Intwari 2026 kuri uyu wa 28 Mutarama saa Cyenda z’igicamunsi kuri Kigali Pelé stadium. Nyuma y’iminsi 61 banganyije igitego 1-1 muri Rwanda Premier League, APR FC itsinze uyu mukino 3-0 Uyumukino watangiye amakipe yombi ari kwiga umukino, ananganya imbaraga arinako ashaka uburyo […]
Inshamake kuri RASA RASA mu magambo arambuye ni Rwanda Anglican Students Association; mukinyarwanda RASA ni umuryango w’abanyeshuri b’itorero angilikani mu Rwanda. uyu muryango ukorera mu mashuri makuru na kaminuza hirya no hino mu gihugu. Umuryango RASA wavutse mu mwaka wa 1997 uvukira mu mujyi wa Butare, mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda Université Nationale […]
Shampiyona y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru igeze mucyakabiri cyayo, nubwo habura imikino ibiri gusa ngo yuzure. Ni imikino ibiri ya Al Hilal SC igomba gukina na APR FC na Al Merrikh SC, itarabereye igihe kubera ko iri gukina irushanwa rya CAF Champions League. Amakipe 18 ni yo yakinnye iyi shampiyona, avuye kuri 16 kuko hiyongereyemo amakipe […]
Abakunzib’umupira w’amaguru muri Africa ndetse no ku is hose bamaze hari ukwezi kose baryoherwa n’irushanwa rikomeye ku mugabane w’Afrika, AFCON 2025 kugeza rishyizweho akadomo n’umukino wanyuma wahuje ikipe y’igihugu ya Morocco (Les Lions de l’Atlas) n’iya Senegal (Les Lions de la Téranga), umukino wasize Senegal irara neza. Uyu mukino wabaye mu mwuka wihariye, aho amakipe […]
Ikipe ya Arsenal FC yashinzwe mu 1886 mumajyepfo y’umugi wa London ahitwa woolwich n’uruganda rwacuraga intwaro. Iyikipe yashinzwe n’abari abakozi b’uruganda rwitwaga Royal arsenal rwakoraga intwaro zifashishwagwa nigisirikare cy’ubwongereza. Ntibyari ikipe gusa ahubwo byari ikimenyetso cyo guhanga udushya no gukorera hamwe. Kuki arsenal bayita the gunners? mu 1913 ikipe yimukiye mumajyaruguru y’umugi wa London, murwego […]
