buyobozi bwa Iran bwahakanye amakuru avuga ko bwaba bwarateguye umugambi wo kwica Barron Trump, umuhungu muto wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Umujyanama mu bya gisirikare w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Mohsen Rezaei, yavuze ko nta kuri kuri mu makuru avuga ko Iran yaba yarateguye igikorwa kigamije kwivugana Barron Trump. Rezaei yabivugiye […]
Abantu nibura 50, benshi muri bo bakaba ari abana, bapfiriye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria, muri Leta ya Sokoto. Ubwo bwato bwari butwaye abahinzi n’abandi bakozi bari bagiye mu mirimo yo gusarura umuceri. Abatangabuhamya batandukanye batanze imibare itandukanye y’abari muri ubwo bwato, aho bamwe bavuga ko bari barenga 70, mu gihe […]
Ingabo z’u Burusiya zagabye igitero ku bikorwa remezo by’icyambu cya Izmail, mu majyepfo ya Ukraine, bituma umuriro ufata, nk’uko abayobozi bo muri ako gace babitangaje. Ubuyobozi bw’Akarere ka Izmail bwabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, ko igitero cy’Uburusiya cyibasiye ibikorwa remezo by’icyambu, bikangiza bimwe mu bikorwa ndetse hagatangira inkongi y’umuriro. Abatabazi n’abashinzwe kuzimya […]
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko itazemera abayobozi bashya b’ibigo by’amashuri makuru na za kaminuza bashyizweho n’ubuyobozi bwa AFC/M23 mu mijyi ya Goma na Bukavu. Minisiteri y’Amashuri Makuru, Kaminuza, Ubushakashatsi n’Ubuhanga (ESU-RSI) yavuze ko izo mpinduka nta gaciro zifite mu mategeko, kuko ububasha bwo gushyiraho abayobozi b’ibigo bya Leta buri mu […]
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ntiyashyigikiye ubusabe bwa Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, wasabaga ko Turikiya itemererwa kongera kubona indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-35. Netanyahu yari yagaragaje impungenge ko guha Turikiya izi ndege zigezweho byahindura uburinganire bw’imbaraga za gisirikare mu Burasirazuba bwo Hagati, akavuga ko bishobora kugira ingaruka […]
Ihuriro rya AFC/M23 rifatanyije n’umutwe wa Twirwaneho rikomeje kwigarurira uduce two muri Teritwari ya Fizi, aho ku wa Mbere, tariki ya 6 Nyakanga, ryafashe agace ka kwa Mulima nyuma y’imirwano yahuje izi mpande n’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abazifasha. Amakuru ava muri ako gace avuga ko nyuma y’iyo mirwano, ingabo […]
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe ingamba zikomeye zo gukumira ikwirakwira rya Ebola, ihagarika ibikorwa byose bihuza abantu benshi mu bice bitandukanye by’igihugu, harimo n’umurwa mukuru Kinshasa. Iki cyemezo cyatangajwe na Minisitiri ushinzwe Umutekano, Jacquemain Shabani, mu gihe icyorezo cya Ebola gikomeje kwiyongera cyane mu ntara zo mu burasirazuba bw’igihugu zirimo Ituri, Kivu […]
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ihuriro ry’ingabo zishyigikiye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagabye igitero gikomeye mu gace ka Lumbishi, kari muri Teritwari ya Kalehe, kigahitana abaturage ndetse kigasenya inzu zabo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yavuze ko icyo gitero cyabaye mu rukerera rwo ku wa 28 Kamena 2026, aho […]
Iran yatangaje ko iteganya gutangira gusoresha ubwato bukoresha Umuhora wa Hormuz nyuma y’igihe cy’amezi abiri, nyuma y’amasezerano y’agateganyo y’amahoro yagiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Aya masezerano yatangiye gushyirwa mu bikorwa muri Kamena 2026, agamije kugabanya umwuka mubi wari umaze igihe hagati y’ibihugu byombi. Mu byemeranyijwe harimo koroshya urujya n’uruza rw’ubwato muri Hormuz no […]
Aya makuru avuga ko izi ngabo zari zegereye Centre ya Minembwe ku ntera ntoya cyane mbere y’uko zongera guhangana n’abarwanyi ba Twirwaneho na AFC/M23. Biravugwa ko nyuma y’ukunganirwa n’ingabo zaturutse mu gace ka Goma, Twirwaneho na AFC/M23 bagabye ibitero byatumye abasirikare ba Leta n’abo bafatanyije ku rugamba basubira inyuma. Imirwano yabereye mu duce dutandukanye two […]
