Guverinoma ya Iran yatangaje ko Israel yakomeje kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano muri Liban, ivuga ko ibi byakozwe inshuro nyinshi kuva hashyirwaho ubwumvikane hagati ya Tehran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iran yavuze ko niba ibi bitero bikomeje, ishobora gufata ingamba zikomeye zo kubisubiza. Ibi byatangajwe nyuma y’uko abantu bane biciwe mu bitero […]
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri South Sudan, zifatanyije n’abapolisi b’u Rwanda ndetse n’umuryango ushinzwe ibikorwa by’ubuzima, batangije igikorwa cyo gutanga serivisi z’ubuvuzi ku buntu ku baturage bo mu gace ka Gudele mu murwa mukuru Juba. Abaturage barenga 200 bamaze guhabwa serivisi zitandukanye zirimo kwisuzumisha indwara rusange, ubuvuzi bw’amenyo, kwita ku […]
Uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yatangaje ko igihugu cye gishobora kwerekeza ku butegetsi bw’igitugu niba umugambi wo guhindura Itegeko Nshinga ukomeje. Mu butumwa yagejeje ku baturage ku wa 11 Kamena 2026, Kabila yavuze ko ibimenyetso biri kugaragaza ko ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi buri gushyira imbaraga mu guhindura Itegeko Nshinga, […]
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ritemeranya na raporo iherutse gusohorwa n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), riyishinja kubogama no kutagaragaza ishusho nyayo y’ibibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku wa 10 Kamena 2026, AFC/M23 yavuze ko iyo raporo yibanze cyane ku birego biyiregwa, ariko ikirengagiza […]
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje impungenge ziterwa n’ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), zisaba u Bubiligi gufata ingamba zikomeye ku bagenzi baturuka muri iki gihugu. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru De Morgen ku wa 9 Kamena 2026, Ambasaderi wa Amerika mu Bubiligi, Bill White, yasabye ubutegetsi bw’u Bubiligi kugenzura no kugabanya […]
Ikibuga cy’Indege cya Bangoka giherereye mu mujyi wa Kisangani, umurwa mukuru w’Intara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyagabweho igitero cya drone ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, aho drone ebyiri zavuzwe ko zagerageje […]
Hari umwuka mubi wabaye mu gace ka Rwampara hafi y’Umujyi wa Bunia mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho abaturage barakariye cyane nyuma yo kutemererwa gutwara umurambo w’umwe mu bo mu muryango wabo witabye Imana azize Ebola. Amakuru avuga ko abo baturage bashatse kujyana uwo murambo ngo bawushyingure mu buryo busanzwe, ariko inzego […]
Imyaka yari ibaye myinshi ku mbuga nkoranyambaga havugwa inkuru z’urukundo rwa Inkindi Aisha na Murindahabi Iréné wamamaye mu itangazamakuru nka M. Iréné, ariko uyu musore we yamaze gutangaza ubukwe n’undi mukobwa wo mu Bubiligi. Izi nkuru uretse kuba zarabaye nyinshi, zanakundaga gutizwa umurindi nuko ba nyirazo batigeze bazihakana ahubwo inshuro nyinshi iyo babaga bari mu […]
Mubihembo bya UNFP (Union Nationale des Footballeurs Professionels) byatanzwe kumugoroba wo kuwa 11 Gicurasi 2026 bwa mbere mumateka ya Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa na Real Madrid, Kylian Mpappe yabuze igihembo na kimwe mubihembo bya UNFP. Ni ibihembo bihabwa abakinnyi ndetse nabatoza bitwaye muri Champion y’Ubufaransa Ligue 1 ndetse nabakinnyi babafaransa bakina hanze yigihugu mumwaka w’imikino. […]
Nibura abasirikare 23 b’Igihugu cya Chad bishwe, mu gihe abandi 26 bakomeretse, mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram ku kigo cya gisirikare kiri mu karere k’Ikiyaga cya Chad. Igisirikare cya Chad cyatangaje ko iki gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere, kigabwa ku kirwa cya Barka Tolorom kiri mu Kiyaga cya Chad, […]
