Isuka ya nyuma yagurishijwe isanduku;Inkuru iteye agahinda y’abashyingura kure muri Musanze.

Mu Karere ka Musanze, by’umwihariko mu mirenge ya Busogo na Gataraga, gupfusha uwawe si agahinda k’urupfu gusa, ahubwo ni n’intangiriro y’ibibazo by’ubukungu n’ingendo ndende zisiganya imiryango. Abaturage baratunga agatoki ubuyobozi ko kutagira amarimbi mu gace batuyemo bibatindura, bikaba bibashyira mu bukene bukabije. Kuri ubu, abaturage bo muri iyi mirenge biyambaza irimbi ryo mu Murenge wa […]

Imyanzuro y’inama yabaminisitiri yayobowe na perezida Paul Kagame kuri uyu wa 4 Werurwe 2026

Kuri uyu wa gatatu, tariki 04 Werurwe 2026, inama y’abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Nanyakubahwa Perzida wa Repubulika y’u Rwanda , Kagame Paul. iy’inama yafatiwe mo imyanzuro itandukanye aho yemerejwemo imishinga yamategeko itandukanye, hemejwe kandi politiki, ingamba na porogaramu zitanduka ndetse hanashyirwa mumyanya abayobozi batandukanye nkuko bigaragara mu Itangazo ryashyizwe hanze nibiro bya […]

WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza udashaka kubureba yishyure 6000Frw

Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza kubona ubu butumwa bazajya babyishyurira ifatabuguzi. WhatsApp ibinyujije kuri X, yavuze ko ubu butumwa bwo kwamamaza butazajya buboneka ugifungura uru rubuga, ahubwo bazabushyira mu gice cya ‘Updates’. Ubu butumwa kandi buzanagaragara hagati y’aho urebera ‘Status’, ibijya gusa nk’uko kwamamaza kuri Instagram Stories bikorwa. Ku […]

Imfungwa 1874 zahawe gufungurwa byagateganyo, Imyanzuro y’inama y’abaministri

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Werurwe 2026 muri Village Urugwiro habaye inama y’abaminisitri yayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda. Iyinama yitabiriwe nabaministri nabanyamabanga bazaministeri bafatiramo imyanzuro yasinzweho na Ministri w’intebe Dr. NSENGIYUMVA Justin. Dore imyanzuro yatangajwe nyuma yiyinama. 1. Imishinga y’Amategeko yemejwe Inama y’Abaminisitiri yemeje imishinga y’amategeko ikurikira: 2. […]

Umuyobozi Mukuru wa RDB yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere (RDB), Jean-Guy K. Afrika, yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Mansoor Ali Al-Hajri, bigamije gukomeza no kongerera imbaraga ubufatanye busanzwe hagati y’u Rwanda na Qatar. Ibi biganiro byabaye ku wa 3 Werurwe 2026, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa X rwa RDB. Muri iyo nama, […]

Rwanda Premier League yafatiye ibihano abatoza babiri b’amakipe y’umupira w’amaguru

Laurentiu Aurelian Reghecampf umutoza wa Al Hilal SC na Ben Moussa El Kebir Abdessattar umutoza wa Police FC bafatiwe amande kubera ko batitabiriye ikiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino na Rwanda premier league. Ntibitabiriye ibiganiro n’abanyamakuru (post-match press conference) kandi ari itegeko. RPL ivuga ko ibi binyuranyije n’Ingingo ya 25, Igika cya 4 cy’amategeko agenga amarushanwa. RPL […]

Amerika yatangaje ibihano ku bayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF)

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano bamwe mu bayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda (RDF), zibashinja kugira uruhare mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi bihano byatangajwe nyuma y’iminsi mike habaye inama yiswe iy’Amahoro n’Iterambere yabereye i Washington (Washington Accords for peace and […]

Ibiciro byibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga, nimugihe imigabane ku masoko y’imari yagabanutse, bitewe n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwo hagati ihanganishije hagati ya Iran na Israel ndetse na Leta zunze ubumwe za America mbere yuko Leta zunze ubumwe za America, Israel na Iran batangira iyi ntamabara ibiciro bya peteroli ku isoko mpuzamahanga bya […]

Abakinnyi babiri ba Athletico de Madrid y’abagore basuye u Rwanda

Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez bakunze kwita Lola bakinira Atlético de Madrid y’Abagore yo muri Espagne bari mu biruhuko mu Rwanda. Kuva u Rwanda rwatangira kugirana imikoranire na Atlético de Madrid, abakinnyi bayo barimo abo mu ikipe y’abagabo, iy’abagore, abakanyujijeho n’abatoza basura u Rwand ku mpamvu z’akazi no kwirebera ibyiza nyaburanga birutatse. […]