Amerika yatangaje ibihano ku bayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF)

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano bamwe mu bayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda (RDF), zibashinja kugira uruhare mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi bihano byatangajwe nyuma y’iminsi mike habaye inama yiswe iy’Amahoro n’Iterambere yabereye i Washington (Washington Accords for peace and […]

Ibiciro byibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga, nimugihe imigabane ku masoko y’imari yagabanutse, bitewe n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwo hagati ihanganishije hagati ya Iran na Israel ndetse na Leta zunze ubumwe za America mbere yuko Leta zunze ubumwe za America, Israel na Iran batangira iyi ntamabara ibiciro bya peteroli ku isoko mpuzamahanga bya […]

Abakinnyi babiri ba Athletico de Madrid y’abagore basuye u Rwanda

Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez bakunze kwita Lola bakinira Atlético de Madrid y’Abagore yo muri Espagne bari mu biruhuko mu Rwanda. Kuva u Rwanda rwatangira kugirana imikoranire na Atlético de Madrid, abakinnyi bayo barimo abo mu ikipe y’abagabo, iy’abagore, abakanyujijeho n’abatoza basura u Rwand ku mpamvu z’akazi no kwirebera ibyiza nyaburanga birutatse. […]

Kuri iki cyumweru mu mugi wa Kigali hagiye gusozwa isiganwa kumagare rya tour du Rwanda

Kuri iki cyumweru taliki ya 01 Werurwe hagiye gukinwa agace ka munani ari nako ka nyuma ka tour du Rwanada yari imaze iminsi igera kumunani izenguruka ibice biitandukanye byigihugu cyurwanda aho aho abakinnyi batandukanye baturutse mumpande zose zisi basiganwaga kuntera ndende. Etape ya mbere yabaye kucyumweru taliki 22 Gashyantare 2026 aho kahagurukiye Rukomo mu karere […]

Abana 3 na papa wabo bari mu bantu 11 bahitanywe n’impanuka y’ikamyo i Rubavu

Kuri uyu wa gatandatu ahagana mu masaha ya saa munani z’amanywa, mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 11. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Rugerero, mu marembo y’ibitaro bya Gisenyi, ahantu hazwiho kugira umuhanda umanuka cyane kandi ukunze kuberamo impanuka za hato na hato bitewe n’imiterere yawo. Iyi mpanuka yatewe n’ikamyo […]

RwandAir yahagaritse ingendo ebyiri z’indege, rumwe rujya i Doha, urundi rujya i Dubai.

Ubuyobozi bwa RwandAir bwatangaje ko bwabaye buhagaritse ingendo zimwe na zimwe z’iyi sosiete y’ubwikorezi bwo mukirere ziva cyangwa zikajya I Doha na Dubai kubera umutekano mucye uri kurangwa mu burasirazuba bwo hagati. Ni nyuma y’ibitero by’Ingabo za Israel n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zagabye mu mijyi itandukanye ya Iran kuva mu gitondo cyo kuri […]