Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zafatiye ibihano bamwe mu bayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda (RDF), zibashinja kugira uruhare mu gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 ukorera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi bihano byatangajwe nyuma y’iminsi mike habaye inama yiswe iy’Amahoro n’Iterambere yabereye i Washington (Washington Accords for peace and […]
U Rwanda rwatangaje ko ibihano bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku Ngabo z’u Rwanda ndetse n’abasirikare bakuru bane ba RDF, bireba uruhande rumwe mu ziri mu nzira yo gushaka amahoro kandi bigoreka ukuri kw’ibibazo by’amakimbirane ari mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Itangazo ry’u Rwanda ryo kuri uyu wa Mbere, rivuga ko […]
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse ku isoko mpuzamahanga, nimugihe imigabane ku masoko y’imari yagabanutse, bitewe n’intambara iri kubera mu Burasirazuba bwo hagati ihanganishije hagati ya Iran na Israel ndetse na Leta zunze ubumwe za America mbere yuko Leta zunze ubumwe za America, Israel na Iran batangira iyi ntamabara ibiciro bya peteroli ku isoko mpuzamahanga bya […]
Carmen Menayo Montero na María Dolores Gallardo Núñez bakunze kwita Lola bakinira Atlético de Madrid y’Abagore yo muri Espagne bari mu biruhuko mu Rwanda. Kuva u Rwanda rwatangira kugirana imikoranire na Atlético de Madrid, abakinnyi bayo barimo abo mu ikipe y’abagabo, iy’abagore, abakanyujijeho n’abatoza basura u Rwand ku mpamvu z’akazi no kwirebera ibyiza nyaburanga birutatse. […]
Kuri iki cyumweru taliki ya 01 Werurwe hagiye gukinwa agace ka munani ari nako ka nyuma ka tour du Rwanada yari imaze iminsi igera kumunani izenguruka ibice biitandukanye byigihugu cyurwanda aho aho abakinnyi batandukanye baturutse mumpande zose zisi basiganwaga kuntera ndende. Etape ya mbere yabaye kucyumweru taliki 22 Gashyantare 2026 aho kahagurukiye Rukomo mu karere […]
Kuri uyu wa gatandatu ahagana mu masaha ya saa munani z’amanywa, mu Karere ka Rubavu habereye impanuka ikomeye yahitanye ubuzima bw’abantu 11. Iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Rugerero, mu marembo y’ibitaro bya Gisenyi, ahantu hazwiho kugira umuhanda umanuka cyane kandi ukunze kuberamo impanuka za hato na hato bitewe n’imiterere yawo. Iyi mpanuka yatewe n’ikamyo […]
Kuri uyu wa gatandatu taliki 28 Gashyantare 2026 polisi y’u Rwanda ikorera mumugi wa Kigali yataye muri yombi abasore batatu bakurikiranyweho kuvogera kugeza binjiye mu ndege ya company ya MTN yari iparitse i Nyamirambo ahari hagiye gusorezwa agace ka 7 ka Tour du Rwanda 2026. Nkuko abaturage bari aho ibi byabereye babihamirije BTN TV ngo […]
Lamine Yamal yatsinze ibitego bitatu-Hatrick bwa mbere muri career ye, mumukino Barcelona yatsindaga Villarreal CF ibitego 4-1 mu mukino wa La Liga wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Gashyantare 2026, bituma irusha amanota ane Real Madrid iri ku mwanya wa kabiri ku rutonde. Barcelona ifite amanota 64, mu gihe Real Madrid ifite amanota 60 […]
Ubuyobozi bwa RwandAir bwatangaje ko bwabaye buhagaritse ingendo zimwe na zimwe z’iyi sosiete y’ubwikorezi bwo mukirere ziva cyangwa zikajya I Doha na Dubai kubera umutekano mucye uri kurangwa mu burasirazuba bwo hagati. Ni nyuma y’ibitero by’Ingabo za Israel n’iza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zagabye mu mijyi itandukanye ya Iran kuva mu gitondo cyo kuri […]
Mu minsi ibiri ishize, mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare, haguye imvura ikaze ivanzemo inkuba n’imiyaga ikomeye, yateje igihombo gikomeye abaturage nyuma y’aho inkuba ikubise inka icumi, eshanu muri zo zigahita zipfa ako kanya. Ibi byago byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri no ku wa Gatatu w’iki cyumweru, bishyira mu kaga imiryango […]
