NSANZIMANA Schadrack yatorewe kuyobora RASA ku rwego rw’igihugu

Kuri uyu wa 7 Gashyantare 2026 ku rusengero rwa EAR Kibagabaga Habereye Inama rusange ya RASA umuryango w’abanyeshuri b’abangilikani mu mashuri makuru na zakaminuza mu Rwanda, maze yemeza ko nsanzimana schadrack ari umuyobozi mukuru w’uyu muryango ku rwego rw’igihugu. Iyi nama yari yitabiriwe n’abantu mungeri zitandukanye zirimo abayobozi ba RASA mu mashami, abayobozi basoje manda, […]

Ntushobora gufata Igihugu nk’u Rwanda ngo ukigire uko ushaka kuko si wowe wakiremye – H.E Paul KAGAME

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakebuye abagerageza guhindura uko baremwe, agaragaza ko nta muntu ushobora guhinduka undi, ndetse ko no kubigerageza bishobora kubyara ingaruka mbi cyangwa ntibirambe. Yavuze ko ari na ko bimeze ku Rwanda nk’Igihugu, kidashobora guhinduka ikindi gihugu, ahubwo kikigira ku bandi kikarushaho kuba cyiza. Yabigarutseho mu masengesho ngarukamwaka yo gusengera Igihugu, yabaye […]

Abanyeshuri ba UR-Huye mu muryango RASA babonye ubuyobozi bushya

Inshamake kuri RASA RASA mu magambo arambuye ni Rwanda Anglican Students Association; mukinyarwanda RASA ni umuryango w’abanyeshuri b’itorero angilikani mu Rwanda. uyu muryango ukorera mu mashuri makuru na kaminuza hirya no hino mu gihugu. Umuryango RASA wavutse mu mwaka wa 1997 uvukira mu mujyi wa Butare, mu cyahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda Université Nationale […]