Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Venezuela izajya yohereza muri Amerika nibura utugunguru miliyoni 50 tw’ibikomoka kuri peteroli, mu rwego rwo kongera ubufatanye mu by’ingufu no gufasha isoko rya peteroli ku rwego mpuzamahanga. Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Trump yavuze ko ibyo bikomoka kuri peteroli bizagurishwa ku giciro […]
Umuryango CPCC, uharanira amahoro n’imibano myiza y’abaturage, watangaje ko impunzi 105 z’Abanye-Congo zapfiriye mu nkambi zo mu Burundi mu byumweru bibiri bishize. Impfu nyinshi zatewe ahanini no kubura ibiribwa, ubutabazi bukwiye n’ubuvuzi. Ku wa 5 Mutarama 2026, umuyobozi w’uyu muryango, Ahadi Bya Masu, yavuze ko hari n’impunzi zagabyeho ibitero n’abagizi ba nabi ubwo zari mu […]
Umuvanzi w’umuziki uzwi cyane mu Rwanda, DJ Toxxyk, yisanze mu bihe bikomeye nyuma y’aho dosiye ye ishyikirijwe ubutabera, akurikiranyweho mu kirego cy’impanuka y’imodoka yahitanye ubuzima bw’umupolisi wari mu nshingano ze. Dosiye ya DJ Toxxyk yatangiye kwinjwirwamo n’ubushinjacyaha ku wa 29 Ukuboza 2025. Ibi bije nyuma y’aho habaye impanuka y’ikinyabiziga bivugwa ko uyu mu-DJ yari atwaye, […]
Uwahoze ari Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, yagejejwe imbere y’urukiko rwa Manhattan muri Leta ya New York ku wa 5 Mutarama 2026, aho yagaragaje ko atemera ibyaha byose ashinjwa kandi akemeza ko akiri Perezida w’igihugu cye. Uyu mugabo w’imyaka 63 n’umugore we Cilia Flores batawe muri yombi ku wa 3 Mutarama 2026, nyuma y’igikorwa cya […]
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu rwnada ryavuze rigiye gushiraho urwego rzajya rugenzura akanama nkemura mu mu pira w’amaguru mu rwanda Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu rwnada ryavuze rigiye gushiraho urwego rzajya rugenzura akanama nkemura mu mu pira w’amaguru mu rwanda. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu rwnada ryavuze rigiye gushiraho urwego rzajya rugenzura akanama nkemura mu mu pira w’amaguru […]
Nyuma y’igenzura ryahawe abari abayobozi b’ibigo by’amashuri ryasize abataragize amanota 70% kuzamura bahagarikwa mu kazi ko kuyobora ibigo, harimo 349 bo mu mashuri abanza na 541 bo mu mashuri yisumbuye, bazaba abarimu. Birukanywe hashingiwe ku manota bagize mu isuzuma ryakozwe n’Uturere ku mikorere yabo irimo kuboneka mu kazi, imyitwarire n’imitsindishirize ku bigo bayoboye ndetse n’ikizami […]
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenza cyaha mu Rwanda RIB Dr B Murangira Thierry yatangaje ko uru rwego rwafunze umuhuzabikorwa w’ikigo ngorora muco cya Gitagata BAHAME Hasan ukekwaho icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite no gusaba cyangwa gukoresha ishimisha mubiri rishingiye ku gitsina kuri bamwe baba baje kugororerwa muri iki kigo BAHAME Hassan […]
Uyu mugani bawuca babonye umuntu waguwe nabi n’ibyo yariyecyangwase byamwishe buhambe;nibwo bavuga, ngo «Naka yaguyeivutu».Wakomotse ku mugabo Rwahura rwa Magenda wo mu Iceni mu Bungwe(Butare) :ahagana mu mwaka w’i 1500 Umwami Ndahiro Cyamatare amaze kwicwa n’Abakongoro bamutsinze i Rubi rw’i Nyundo ho mu Bugamba mu Cyingogo (Gisenyi), abanyamaboko bose bigabagabanyije u Rwanda : Abasinga biha […]
Kuri uyu wa kabiri w’icyumweru tariki ya 16 ukuboza 2025, muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hagiye kubera ibirori byo kwigisha urubyiruko no guhuza abakozi n’abakoresha CARREER SUMMIT 2025. Ni ibirori bizitabirwa n’itsinda rigari ry’abanyarwenya rimenyerewe mu gusetsa abantu Genz comedy. Aba banyarwenya bazaba barangajwe imbere na Boss wabo Ndaruhutse Fally uzwi cyane nka […]
Kugira indege nyinshi ntibikiri inzozi cyangwa kwiyemera ku bihugu by’ Afurika bihanganye n’ibibazo by’umutekano bikomeye, intumbero z’ubukungu, n’iterambere ry’ibihugu; ahubwo ni ibisabwa ku rwego rwa politiki n’umutekano. Kugira ubushobozi bwo kugenzura ikirere bituma igihugu kibasha gusubiza vuba ku bibazo nk’ibyiterabwoba, ubucuruzi bwa magendo, ndetse no kugenzura imikorere y’ibidafite uburenganzira. Gufata neza no kugira indege zikomeye […]
