Inama za Minisitiri Utumatwishima zahindura ubuzima k’urubyiruko

Dr. Utumatwishima Abdallah, Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi,yeretse urubyiruko ibyarufasha gutera imbere birimo ubuzima, uburezi, ugutozwa no kujya mu myanya ifatirwamo ibyemezo, avuga ko iyo ubyujuje uba ushobora gutanga umusanzu wawe ku gihugu nawe ubwawe ukiteza imbere. Minisitiri yabivuze ubwo mu Karere ka Gatsibo hizihirizwaga umunsi Mpuzamahanga w’urubyirukUtumatwishima yavuze ko hari ibintu byafasha urubyiruko kwigirira akamaro, […]

Ibirori bya AllySoudy&Friends byahinduriwe izina

Ally Soudy utegura ibirori ‘Ally Soudy&Friends’ byaherukaga kuba mu 2023, yabihinduriye izina byitwa ‘Cabaret Kigali’, bikazabera muri Kigali Universe ku wa 27 Ugushyingo 2026. Mu itangazo Ally Soudy yashyize hanze, yavuze ko icyahindutse ari izina ry’igitaramo ariko kizakomeza uko cyateguwe. Yavuze ati “Nyuma y’igitaramo cya Ally Soudy&Friends live show’ twishimiye kubamenyesha ko cyahawe izina rishya […]

Bwiza agiye kubana na manager we

Hashize igihe bivugwa ko Bwiza na Uhujimfura Jean Claude usanzwe ari umujyanama we bakundana ariko bitarerurwa ngo bibe inkuru mpamo, ariko mu makuru Imbaga yamenye nuko aba bombi bari mu myiteguro y’ubukwe. Aya makuru avuga yuko nyuma y’imyaka itanu Bwiza yinjiye muri KIKAC Music ya Uhujimfura, umubano watangiye nk’uw’akazi waje kurushaho gukomera, uvamo urukundo. Kuri […]

Mu rukiko kuri Gatanya ya Muyango na Kimenyi Yves, urubanza rwabereye mu muhezo

Kimenyi Yves na Muyango Claudine bitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, aho baburanye ku bijyanye no gutandukana kwabo byemewe n’amategeko kuri uyu wa 14 Kanama 2026. Uru rubanza ntirwatinze kuko rwamaze iminota mike cyane, aho Kimenyi Yves na Muyango Claudine bombi bari bitabiriye iburanisha. Icyakora, ubwo ryari ritangiye, umucamanza ntiyemeye ko hari undi muntu winjira mu […]

Intambara y’amagambo hagati ya Linda n’umuvandimwe we yakamejeje

Ibyamamare muri cinema nyarwanda, Lynda Priya n’umuvandimwe we Nkusi Queen (bahuje umubyeyi umwe), bamaze iminsi bacyocyorana cyane ku mbuga nkoranyambaga baterana amagambo akakaye, bitewe n’igitekerezo uyu muvandimwe wa Linda yatanze muri rusange. Nkusi Queen ubwo yari mu kiganiro kuri shene ya YouTube ya MIE, hari aho yageze atanga urugero ku bagore batubahisha abagabo babo ku […]

RIB yageneye ubutumwa bweruye ibyamamare byamamaje inzoga z’“ibyuma”

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye mu buryo bukomeye ibyamamare n’abahanzi mu Rwanda kugaragara mu rugamba rwo guca burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge bizwi nk’ ‘Ibyuma’, rugasaba ko bakoresha ubwamamare bwabo mu kwerekana ko bari baribeshye no gukangurira abaturage kuzirinda. Ubu ubutumwa bwatanzwe na Dr. Murangira B. Thierry, Umuvugizi wa RIB, kuri uyu wa Kane tariki ya 13 […]

Inama ikomeye ya The Ben ku rubyiruko

Umuhanzi w’icyamamare umaze imyaka 18 yose mu muziki, Mugisha Benjamin (The Ben), yagiriye inama zikomeye urubyiruko rushaka kwinjira mu buhanzi n’imyidagaduro, abasaba gushishoza no kumenya gutandukanya icyo kubona abantu benshi bakureba (gushungerwa) bivuze n’ukuri kw’abakunda ibyo ukora (gukundwa). Ibyo The Ben yabivuze ku wa 13 Kanama 2026, mu kiganiro ‘Meet me tonight’ gishingiye ku gitaramo […]

Ese Bruce Melody Yaba agiye gutandukana na Coach Gael?

Umushoramari Coach Gael (Karomba Gael), washinze inzu ifasha abahanzi ya 1:55AM, yatangaje ku mugaragaro ko amasezerano y’imyaka itanu yari afitanye n’umuhanzi Bruce Melodie arimo kugana ku musozo, gusa ashimangira ko impande zombi ziri mu ibiganiro byo kureba niba yarusheho kongerwa. Ibi Coach Gael yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru, aho yakuyeho urujijo ku bihuha bimaze iminsi bijyanye […]

Gutanga uburere bwiza byubaka igihugu Dr Utumatwishima

Guhuza imbaraga z’umuryango nyarwanda no kurinda urubyiruko kubatwa n’inzoga n’ibiyobyabwenge ni ryo pfundo ryo kwitegura ejo hazaza hahamye k’u Rwanda. Ubu ni ubutumwa bwatanzwe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, mu birori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Urubyiruko ku rwego ry’igihugu, byabereye mu Karere ka Gatsibo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 12 Kanama […]