Imyaka yari ibaye myinshi ku mbuga nkoranyambaga havugwa inkuru z’urukundo rwa Inkindi Aisha na Murindahabi Iréné wamamaye mu itangazamakuru nka M. Iréné, ariko uyu musore we yamaze gutangaza ubukwe n’undi mukobwa wo mu Bubiligi. Izi nkuru uretse kuba zarabaye nyinshi, zanakundaga gutizwa umurindi nuko ba nyirazo batigeze bazihakana ahubwo inshuro nyinshi iyo babaga bari mu […]
Umunyamakuru akaba n’umujyanama w’abahanzi, Murindahabi Irene wamamaye nka M Irene, yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Nishimwe Liliane bari bamaze igihe kinini bakundana, nyuma yo kumwambika impeta y’urukundo mu gihugu cy’u Bubiligi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2026, M Irene washinze inzu ifasha abahanzi ya MIE Empire, yifashishije amafoto atandukanye agaragaza […]
Mukigaaniro umuhanzi Kabarankuru Icon yagiranye n’umunyamakuru Taikun Ndahiro wa Isibo akagira na youtube channel yitwa “Narababwiye TV” yatangaje ko abona umuhanzi akaba n’umuraperi mugenzi we Bushali yarakabirijwe atari kurwego bamufataho nurwo bamushyiraho. yagize ati ” ngewe mbona Bushi akabirizwa cyane ariko agira performance(uko umuhanzi yitwara kurubyiniro) nziza akomeza agira ati ” ngewe kugiti cyange ahantu […]
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge gukatira Shema Arnaud de Bosscher, wamenyekanye nka DJ Toxxyk, igifungo cy’imyaka itanu(5) no kumuca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda 2.210.000, buvuga ko ibihano yari yarakatiwe n’urukiko rwa mbere ari bito cyane. DJ Toxxyk yatawe muri yombi tariki ya 21 Ukuboza 2025, nyuma yo gukorera impanuka mu Karere ka […]
Hari mu birori bidasanzwe byo gusoza inama mpuzamahanga ya Africa Forward Summit yabereye i Nairobi muri Kenya, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi 2026.Iyi nama yari imaze iminsi iteraniye i Nairobi yigira hamwe icyerekezo gishya cy’ubukungu n’ishoramari muri Afurika, yasojwe n’igitaramo cy’akataraboneka cyiswe “Africa Forward Concert”. Sherrie Silver ntabwo yari […]
Uruhererekane rwa filime Fast & Furious, rumaze imyaka irenga 20 ruri mu zikunzwe cyane ku Isi no mu Rwanda by’umwihariko, rugiye gutangira icyiciro gishya nyuma y’uko icyamamare Vin Diesel atangaje ko uyu mushinga ugiye kwagurirwa kuri televiziyo. Uku kwaguka kuje nk’igisubizo ku byifuzo by’abafana bamaze igihe kirekire bifuza kumenya birambuye inkuru z’abakinnyi b’imena b’iyi filime […]
Mu mateka y’imyidagaduro yo mu Rwanda, gake cyane ni bwo hagaragara ubutwari bwo gutanga imbabazi mu bihe bikomeye biba byatanyije imitima n’imbaga y’abantu. Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Gicurasi 2026, umuhanzi Uworizagwira Florien, uzwi nka Yampano, yanditse amapaji mashya mu buzima bwe, atangaza ko yahisemo inzira y’imbabazi n’ubwiyunge ku bantu bose bagize uruhare […]
Umuhanzikazi Ishimwe Vestine, umwe mu bagize itsinda ry’abanyarwanda ryamamaye mu ndirimbo zo guhimbaza Imana rya ‘Vestine & Dorcas’, yibarutse umwana we w’imfura w’umukobwa mu Mujyi wa Vancouver muri Canada. Amakuru yizewe ashimangira ko uyu mwana yavutse muri Werurwe 2026, bityo akaba yenda kuzuza amezi abiri y’amavuko. Uyu mubyeyi yabyariye muri uyu mujyi aho atuye kuva […]
Mu gihe benshi bari bazi ko umushinga wa filime y’amateka “La Casa de Papel” (Money Heist) washyiriweho akadomo mu mwaka wa 2021, urubuga rwa Netflix rwatunguranye rwemeza ko iyi nkuru ikomeje mu cyiswe “Money Heist Universe”. Nyuma y’imyaka itanu y’izihirwa n’ibice byabanje, ubu ubutumwa bushya bwagaruye amatsiko n’imyiteguro idasanzwe mu bakunzi ba sinema hirya no […]
Umuhanzi Kevin Kade, umwe mu bagezweho mu muziki w’u Rwanda, yongeye kugarukwaho nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Ndi Ready”. Iyi ndirimbo imaze iminsi ivugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, ntivugwaho gusa ubuhanga buyigize, ahubwo n’ingengo y’imari ikomeye yayigendeyeho n’impaka z’uwaba warayiteye inkunga(miliyoni 30Frw). Mu gihugu cya Namibia mu kiganiro Kevin Kade yagiranye […]
