Abakoresha Instagram hirya no hino ku isi bazindutse babona igihombo gikomeye cy’ababayoboke (Followers) bagiye overnight Abantu bamaze kubura abafollowers benshi hano mu Rwanda harimo Mutesi Jolly ndetse na Shaddyboo…bamaze kubura abarenga ibihumbi ijana (100k) Shaddyboo wari usanzwe ukurikirwa n’abagera kuri miliyoni 1.2M followers , kuri ubu ageze kuri miliyoni 1.1M followers ni mugihe Mutesi Jolly […]
Umuhanzikazi wo mugihugu cyabaturanyi cy’Uburundi Monia Fleur yateye utwatsi ibyo gutandukana numuhanzi akaba n’umukunzi we Lino G, nyuma y’iminsi bivugwa cyane cyane kumbuga nkoranyambaga Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Landry, Monia yashimangiye ko agikundana na Lino G, nta kibazo bafitanye ndetse hari n’imishinga itandukanye bari gutegurira abakunzi babo. Inkuru zo gutandukana kwabo zatangiye kuvugwa mu minsi […]
Kimenyi Yves wahoze ari umunyezamu wa Amavubi ndetse wanakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutangaza ko ari mu rukundo n’umugore uzwi nka Nana uba muri Australia. Ibi byagarutsweho mu kiganiro banyujije kuri TikTok bari kumwe n’uwitwa GodFather, aho bombi bagiye bavuga ku mubano wabo ndetse n’ibimaze igihe bivugwa […]
Mu myaka ya vuba, mu mijyi ikura cyane nka Kigali na Kampala, hagaragaye umuco mushya w’imibereho wigaruriye cyane urubyiruko: “Soft Life.” Ni ubuzima bugaragara nk’ubwiza, bwuzuyemo kwinezeza, ibirori bidashira, amafoto meza n’ubuzima bw’icyubahiro ku mbuga nkoranyambaga. Ariko se inyuma y’iyo shusho nziza, haba hari iki? Ubuzima bugaragara vs ubuzima nyakuri Ujya winjira mu tubari dukunzwe […]
Mu mujyi wa Kigali, umuhanzi nyarwanda King James yongeye kwerekana urwego umuziki we ugezeho, nyuma yo kugurisha amatike yose y’igitaramo cye cyari giteganyijwe muri BK Arena. Nk’uko byatangajwe n’abateguye iki gitaramo, amatike yatangiye kugurwa iminsi mike mbere y’itariki y’igitaramo, ariko ku muvuduko wihuse cyane. Mu byiciro byose harimo VIP, ndetse na Regular (ahasanzwe) amatike yose […]
Urugero rw’umuziki nyarwanda rugeze ku rundi rwego mu ruhando mpuzamahanga, nyuma y’aho umuhanzi Elvin Cena yanditse amateka adasanzwe. Indirimbo ye yise ‘Let Me Be’ ubu ni yo iyoboye izindi 10 zo mu njyana ya Afrobeat zumvwa cyane ku rubuga rwa Billboard muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umuhigo utari usanzwe ugerwaho n’abahanzi bakiri bato mu […]
Umuhanzi w’umunyanigeria Paddy K yiseguye kubanyarwanda kubera atarabasha kwifatanya nabo mugushyigikira Kwizera Olivier mumukino urahuza Rayon Sports na APR FC muri 1000 Hills derby uyu munsi, ninyuma yaho Kwizera yamukindishije abanyarwanda mundirimbo ye irigukundwa cyane muriyiminsi yitwa anxiety. Mubutumwa uyumuhanzi Paddy K yacishije kurukuta rwe rwa Instagram yagize ati: “Ndababaye kuba ntaribubashe kuba ndi kumwe […]
Umunyenga w’urukundo ruri hagati y’icyamamare cyo muri Nigeria Moctar n’umuhanzikazi France Mpundu ukomeje gufata indi ntera, nyuma y’aho uyu musore wegukanye irushanwa rya The Secret Story 2025 yongeye gusesekara mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 2 Mata 2026, Moctar yemeje amakuru y’uko ari i Kigali binyuze ku mafoto yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, […]
Iperereza rikorerwa Niyigaba Clement, uzwi nka DC Clement, ryahawe indi nshuro ikomeye nyuma y’aho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rugaragarije ko uyu mugabo ubu noneho atangiye gukurikiranwaho n’icyaha cya ruswa. Ibi bije byiyongera ku byaha by’ibanze yari yafatiweho birimo kwangiza ibintu by’undi no kurwanya ububasha bw’amategeko. Iki kibazo cyatangiye mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mata 2026, […]
Abahanzi bakomeye mu Rwanda barimo Israel Mbonyi, Bruce Melodie, Meddy ndetse n’itsinda rya Alicia & Germaine, bari mu bahataniye ibihembo mpuzamahanga bya Africa Golden Awards 2026. Aya marushanwa agamije guha icyubahiro abantu n’ibigo bigira uruhare mu guteza imbere Afurika mu nzego zitandukanye zirimo ubuhanzi, ubucuruzi, siyansi, siporo n’ibikorwa by’ubugiraneza. Ibi bihembo biteganyijwe gutangwa ku wa […]
