Amakimbirane ya gisirikare hagati ya Iran na Amerika akomeje gufata indi ntera, nyuma y’amakuru agaragaza ko ibitero Iran imaze igihe igaba byangije ibikorwa remezo n’ibikoresho bya gisirikare bya Amerika biri mu bihugu bitandukanye byo mu Burasirazuba bwo Hagati. Raporo zitandukanye zigaragaza ko ibigo byinshi bya gisirikare bya Amerika byahuye n’ibyangiritse biturutse ku bitero bya misile […]
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko umubare w’abamaze kwemezwa ko banduye icyorezo cya Ebola wageze kuri 282, nyuma y’uko hagaragaye abantu 19 bashya basanzwemo iki cyorezo mu bipimo biherutse gukorwa. Imibare yatangajwe n’inzego za leta igaragaza ko Intara ya Ituri ari yo yibasiwe cyane n’iki cyorezo, aho habarurwa abantu 264 bamaze […]
Abacuruzi bo mu mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuga ko bamaze guhura n’igihombo gikomeye nyuma y’ingamba zikomeye zashyizweho ku mipaka hagati ya RDC n’u Rwanda hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola. Kwamamaza ibikorwa by’ubucuruzi hagati y’impande zombi byari bisanzwe bifasha abaturage kubona ibicuruzwa n’amafaranga, ariko […]
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko abaturage bayo bakwiriye kwitwararika cyane mu ngendo zijya muri Uganda, bitewe n’ubwiyongere bw’impungenge z’icyorezo cya Ebola gikomeje kugaragara muri iki gihugu. Iki cyemezo cyatangajwe ku wa 28 Gicurasi 2026, nyuma y’uko Ikigo cya Amerika gishinzwe gukumira no kurwanya indwara (CDC) gishyize Uganda ku rwego […]
Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyakajije ibikorwa bya gisirikare mu majyepfo ya Liban mu rwego rwo guhangana n’umutwe wa Hezbollah, nyuma y’ibitero bya drones byagabwe ku ngabo za Israel mu majyaruguru y’icyo gihugu. Amakuru aturuka muri Liban avuga ko abantu nibura 31 bamaze kugwa mu bitero bya Israel byibasiye uduce dutandukanye two mu majyepfo y’iki […]
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyizeho Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri n’abanyamabanga ba Leta bashya, hagaragaramo impinduka zikomeye ku bayobozi bari basanzwe mu nshingano zitandukanye. Muri iyi Guverinoma nshya, abaminisitiri 29 ntabwo bongeye guhabwa imyanya bari basanzwe barimo. Mu basimbuwe harimo Matia Kasaija wari ushinzwe Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, aho yasimbuwe na Henry Musasizi. Uwahoze ari Minisitiri […]
Guverinoma ya Iran yatangaje ko igitero Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye mu Ntara ya Hormozgan, mu majyepfo y’icyo gihugu, cyarenze ku gahenge kari karumvikanyweho hagati y’impande zombi mu gihe ibiganiro by’amahoro byari bikomeje. Icyo gitero cyabaye ku wa 26 Gicurasi 2026, aho Amerika yavuze ko yari igamije gukumira ubwato bushinjwa gutegura gushyira […]
Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo guteza imbere iyigishwa ry’ubumenyingiro, ku babwiga bakenera kwimenyereza umwuga. Abize ubumenyingiro babura aho bakorera bimenyereza ibyo bize, aho bagorwa no gusabwa amafaranga, kubura aho bimenyerereza umwuga ndetse no kutizerwa n’abakoresha baho bagiye kwimeneyerereza uwo mwuga. BLACKBUCK COFFEE Ltd ije ari igisubizo ku bashaka kwimenyereza umwuga mu gusana no […]
Ibiciro bya peteroli ku masoko mpuzamahanga byagabanutse ku kigero kiri hafi ya 6%, nyuma y’uko hagaragaye ibimenyetso byerekana ko ibiganiro hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bishobora kuganisha ku masezerano yo kugabanya amakimbirane amaze igihe hagati y’impande zombi. Amakuru y’ubucuruzi agaragaza ko igiciro cya peteroli yo mu bwoko bwa Brent cyamanutseho hafi […]
Ikibuga cy’Indege cya Bangoka giherereye mu mujyi wa Kisangani, umurwa mukuru w’Intara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyagabweho igitero cya drone ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, aho drone ebyiri zavuzwe ko zagerageje […]
