Perezida wa Kenya, William Ruto, yatanze ibisobanuro ku mpaka zimaze iminsi zivugwa ku mushinga wo gushyiraho ikigo cyihariye cyo kwitegura guhangana n’icyorezo cya Ebola, nyuma y’impaka n’imyigaragambyo byagaragajwe n’abaturage bamwe. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Perezida Ruto yavuze ko gahunda iri gukorwa igamije kongerera igihugu ubushobozi bwo gukumira no guhangana n’indwara z’ibyorezo, aho yashimangiye ko ubuzima […]
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko umubare w’abamaze kwemezwa ko banduye icyorezo cya Ebola wageze kuri 282, nyuma y’uko hagaragaye abantu 19 bashya basanzwemo iki cyorezo mu bipimo biherutse gukorwa. Imibare yatangajwe n’inzego za leta igaragaza ko Intara ya Ituri ari yo yibasiwe cyane n’iki cyorezo, aho habarurwa abantu 264 bamaze […]
Ikibuga cy’Indege cya Bangoka giherereye mu mujyi wa Kisangani, umurwa mukuru w’Intara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyagabweho igitero cya drone ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 24 Gicurasi 2026. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, aho drone ebyiri zavuzwe ko zagerageje […]
Imyaka yari ibaye myinshi ku mbuga nkoranyambaga havugwa inkuru z’urukundo rwa Inkindi Aisha na Murindahabi Iréné wamamaye mu itangazamakuru nka M. Iréné, ariko uyu musore we yamaze gutangaza ubukwe n’undi mukobwa wo mu Bubiligi. Izi nkuru uretse kuba zarabaye nyinshi, zanakundaga gutizwa umurindi nuko ba nyirazo batigeze bazihakana ahubwo inshuro nyinshi iyo babaga bari mu […]
Umunyamakuru akaba n’umujyanama w’abahanzi, Murindahabi Irene wamamaye nka M Irene, yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Nishimwe Liliane bari bamaze igihe kinini bakundana, nyuma yo kumwambika impeta y’urukundo mu gihugu cy’u Bubiligi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2026, M Irene washinze inzu ifasha abahanzi ya MIE Empire, yifashishije amafoto atandukanye agaragaza […]
Umuryango w’Abanyeshuri b’Abangilikani biga muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami rya Huye (RASA UR-Huye), watangaje ko ku Cyumweru, tariki ya 17 Gicurasi 2026, uzagirira ibihe bidasanzwe mu iteraniro rizabera imbere mu kaminuza. Ni ku nshuro ya mbere, uyu muryango uzaba wakiriye icyarimwe Abasenyeri babiri b’itorero rya Angilikani mu Rwanda baturuka mu ma Diyoseze atanduakanye ya Butare […]
Mu cyumweru cya kabiri cya Gicurasi 2026, Umujyi wa Kigali wongeye kugaragaza ko ari wo mutima w’ibiganiro bigamije impinduka muri Afurika. Ku wa Gatatu tariki ya 13 Gicurasi, Village Urugwiro yakiriye Abakuru b’Ibihugu batandukanye baje kwitabira inama ya Africa CEO Forum.Iyi nama yatangiye mu 2012 ibaye ku nshuro ya 13, ikaba itegurwa na Groupe Jeune […]
Mubihembo bya UNFP (Union Nationale des Footballeurs Professionels) byatanzwe kumugoroba wo kuwa 11 Gicurasi 2026 bwa mbere mumateka ya Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa na Real Madrid, Kylian Mpappe yabuze igihembo na kimwe mubihembo bya UNFP. Ni ibihembo bihabwa abakinnyi ndetse nabatoza bitwaye muri Champion y’Ubufaransa Ligue 1 ndetse nabakinnyi babafaransa bakina hanze yigihugu mumwaka w’imikino. […]
Nibura abasirikare 23 b’Igihugu cya Chad bishwe, mu gihe abandi 26 bakomeretse, mu gitero cyagabwe n’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram ku kigo cya gisirikare kiri mu karere k’Ikiyaga cya Chad. Igisirikare cya Chad cyatangaje ko iki gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere, kigabwa ku kirwa cya Barka Tolorom kiri mu Kiyaga cya Chad, […]
Perezida wa America, Donald Trump, yatangaje ko adashyigikiye kongera igihe cy’agahenge hagati y’Amerika na Iran giteganyijwe kurangira ku wa Gatatu, kugira ngo habeho andi mahirwe y’ibiganiro. Trump yabivuze mu kiganiro yagiranye na CNBC uy’umunsi kuwa Kabiri, aho yagaragaje ko igihe gisigaye ari gito kandi ko hatabayeho amasezerano, imirwano ishobora kongera kubura. Ibiganiro bishya biteganyijwe kubera […]
