Igisirikare cya Israel cyatangaje ko cyakajije ibikorwa bya gisirikare mu majyepfo ya Liban mu rwego rwo guhangana n’umutwe wa Hezbollah, nyuma y’ibitero bya drones byagabwe ku ngabo za Israel mu majyaruguru y’icyo gihugu. Amakuru aturuka muri Liban avuga ko abantu nibura 31 bamaze kugwa mu bitero bya Israel byibasiye uduce dutandukanye two mu majyepfo y’iki […]
Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo guteza imbere iyigishwa ry’ubumenyingiro, ku babwiga bakenera kwimenyereza umwuga. Abize ubumenyingiro babura aho bakorera bimenyereza ibyo bize, aho bagorwa no gusabwa amafaranga, kubura aho bimenyerereza umwuga ndetse no kutizerwa n’abakoresha baho bagiye kwimeneyerereza uwo mwuga. BLACKBUCK COFFEE Ltd ije ari igisubizo ku bashaka kwimenyereza umwuga mu gusana no […]
Kumunsi wejo Banki nkuru y’igihugu BNR yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo (interest rate) ho 1% ruva kuri 7.25% rugera ku 8.25% ibi byakozwe mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko (inflation) ukomeje kwiyongera Izi ngamba zifashwe nyuma yuko bigaragaye ko ibiciro byazamutse bigera kukigero cya 13% bivuye ku 9.2% cyariho mukwezi gushize Abahanga […]
Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda (ARJ) bwagaragaje ko nubwo abanyamakuru benshi bafite amashuri makuru, imibereho yabo ikomeje kuba ikibazo gikomeye kubera imishahara mike n’akazi kadahoraho. Raporo ya 2026 Rwanda Media Sector Mapping yerekanye ko abarenga 78% by’abakora umwuga w’itangazamakuru bafite nibura impamyabumenyi ya kaminuza, mu gihe hafi kimwe cya kabiri cyabo bize amasomo […]
Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje ko yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 7,25% rugera kuri 8,25%, mu rwego rwo kugabanya umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko ukomeje kwiyongera. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko imibare yagaragaje ko ibiciro ku masoko byakomeje kuzamuka birenze imbago zisanzwe zigenwa na BNR hagati ya 2% na 8%. Mu kwezi kwa Mata 2026, izamuka […]
Hari umwuka mubi wabaye mu gace ka Rwampara hafi y’Umujyi wa Bunia mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho abaturage barakariye cyane nyuma yo kutemererwa gutwara umurambo w’umwe mu bo mu muryango wabo witabye Imana azize Ebola. Amakuru avuga ko abo baturage bashatse kujyana uwo murambo ngo bawushyingure mu buryo busanzwe, ariko inzego […]
Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’inyeshyamba za Wazalendo, zafashe agace ka Kinigi gaherereye mu Murenge wa Katoy, muri Teritwari ya Masisi ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze yabahuje n’inyeshyamba za AFC/M23. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano yatangiye ku mugoroba wo ku wa Gatatu, […]
Ikinyamakuru BTN TV cyatangaje ko kimaze igihe gihura n’imbogamizi mu kubona amakuru atangwa n’Umujyi wa Kigali, gisaba inzego zitandukanye kwibutsa Umuvugizi w’uyu mujyi, Emma Claudine, inshingano zo gutanga amakuru ku bitangazamakuru. Mu butumwa cyashyize ku rubuga nkoranyambaga X, BTN TV yavuze ko hari inkuru nyinshi cyagiye gishaka gutangaho ibisobanuro biturutse ku buyobozi bw’Umujyi wa Kigali, […]
Imyaka yari ibaye myinshi ku mbuga nkoranyambaga havugwa inkuru z’urukundo rwa Inkindi Aisha na Murindahabi Iréné wamamaye mu itangazamakuru nka M. Iréné, ariko uyu musore we yamaze gutangaza ubukwe n’undi mukobwa wo mu Bubiligi. Izi nkuru uretse kuba zarabaye nyinshi, zanakundaga gutizwa umurindi nuko ba nyirazo batigeze bazihakana ahubwo inshuro nyinshi iyo babaga bari mu […]
Umunyamakuru akaba n’umujyanama w’abahanzi, Murindahabi Irene wamamaye nka M Irene, yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Nishimwe Liliane bari bamaze igihe kinini bakundana, nyuma yo kumwambika impeta y’urukundo mu gihugu cy’u Bubiligi. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi 2026, M Irene washinze inzu ifasha abahanzi ya MIE Empire, yifashishije amafoto atandukanye agaragaza […]
